•     

Aba Dr batatu birukanywe burundu mu kazi bazira kurangarana umubyeyi kugeza apfuye

Zanzibar: Abanga batatu ba ba Dogiteri bakoreraga mu bitaro bya Mnazi Hospital birukanywe mu kazi nyuma yaho barangaranye umubyeyi wari uje kubyara kugeza aho umwana uri munda y'itabye Imana Imana hamwe na Nyina.

Aba Dr batatu birukanywe burundu  mu kazi bazira kurangarana umubyeyi kugeza apfuye
Aba Dogiteri batatu birukanywe burundu mukazi bazira kurangarana umubyeyi kugeza apfuye

Amakuru dukesha kimwe mu binyamakakuru byo muri Zanzibar cyatangaje ko Umwalimu witwa Haji Hamis wigisha ku kigo cy'amashuri cya Kidongo chekundu. yaje kubyara tariki ya 15 Gicurasi 2023 kubitaro bya Mnazi Hospital akarangaranwa n'abaganga kugeza aho umwana uri munda y'itabye Imana hamwe n'uwo mubyeyi.

Uyu mwalimu ngo yageze kwa muganga hanyuma umuganga wari ku izamu muri iryo joro ndetse n'abandi baganga babiri bari bakoze iryo joro barangarana uwo mubyeyi kugeza aho y'itabye Imana.

Minisitiri w'Ubuzima  w'ungirije muri Zanzibar Hassan Khamis yemeje aya makuru avuga Dr Nihfadh Issa Kassim, Dr Saluum Rashid Ali hamwe na Dr Riziki Suleiman Yusuf, birukanywe burundu mu kazi ndetse banamburwa ibyangombwa byabo bibemerera gukora nka ba Dogiteri bitewe n'amakosa akomeye mu mwuga bakoze yo kurangarana umubyeyi kugeza aho ahasiga ubuzima.

Muri abo badogiteri birukanywe mu kazi burundu, harimo n'uwo basanze afite ibyangombwa by'ibihimbano ariwe Dr Riziki Suleiman Yusuf, uyu akazanakurikiranwa icyaha cyo gutunga ibyangombwa mpimbano.

Usibye kuba abo baganga birukanywe mukazi ndetse bakamburwa n'ibyangombwa byabo, ntabwo hatangaje niba bazashikirizwa ubutabera ngo bakurikiranyweho kugira uruhare murupfu rw'uwo mwalimu.

Mahame Girbert

Aba Dr batatu birukanywe burundu mu kazi bazira kurangarana umubyeyi kugeza apfuye

Aba Dr batatu birukanywe burundu  mu kazi bazira kurangarana umubyeyi kugeza apfuye
Aba Dogiteri batatu birukanywe burundu mukazi bazira kurangarana umubyeyi kugeza apfuye

Zanzibar: Abanga batatu ba ba Dogiteri bakoreraga mu bitaro bya Mnazi Hospital birukanywe mu kazi nyuma yaho barangaranye umubyeyi wari uje kubyara kugeza aho umwana uri munda y'itabye Imana Imana hamwe na Nyina.

Amakuru dukesha kimwe mu binyamakakuru byo muri Zanzibar cyatangaje ko Umwalimu witwa Haji Hamis wigisha ku kigo cy'amashuri cya Kidongo chekundu. yaje kubyara tariki ya 15 Gicurasi 2023 kubitaro bya Mnazi Hospital akarangaranwa n'abaganga kugeza aho umwana uri munda y'itabye Imana hamwe n'uwo mubyeyi.

Uyu mwalimu ngo yageze kwa muganga hanyuma umuganga wari ku izamu muri iryo joro ndetse n'abandi baganga babiri bari bakoze iryo joro barangarana uwo mubyeyi kugeza aho y'itabye Imana.

Minisitiri w'Ubuzima  w'ungirije muri Zanzibar Hassan Khamis yemeje aya makuru avuga Dr Nihfadh Issa Kassim, Dr Saluum Rashid Ali hamwe na Dr Riziki Suleiman Yusuf, birukanywe burundu mu kazi ndetse banamburwa ibyangombwa byabo bibemerera gukora nka ba Dogiteri bitewe n'amakosa akomeye mu mwuga bakoze yo kurangarana umubyeyi kugeza aho ahasiga ubuzima.

Muri abo badogiteri birukanywe mu kazi burundu, harimo n'uwo basanze afite ibyangombwa by'ibihimbano ariwe Dr Riziki Suleiman Yusuf, uyu akazanakurikiranwa icyaha cyo gutunga ibyangombwa mpimbano.

Usibye kuba abo baganga birukanywe mukazi ndetse bakamburwa n'ibyangombwa byabo, ntabwo hatangaje niba bazashikirizwa ubutabera ngo bakurikiranyweho kugira uruhare murupfu rw'uwo mwalimu.

Mahame Girbert