•     

Abacungagereza 86 bagiye mu kiruhuko kizabukuru

Minisitiri w'umutekano arasaba abacunga gereza bagiye mu kiruhuko kizabukuru gufatanya n'inzego z'umutekano ndetse n'inzego z'ibanze.

Abacungagereza 86 bagiye mu kiruhuko kizabukuru
Abacungagereza 86 nibo bagiye mu kiruhuko kizabukuru

Kuri uyu wa 12 Kanama urwego rushinzwe imfungwa n'abagororwa RCS rwashyize mu kiruhuko kizabukuru abacungagereza 86 nkuko biherutswe kwemezwa n'imana y'abaminisitiri iheruka guterana kuri 29.7.2022
Ni umuhango wabereye ku ki caro gikuru cya RCS 

Uhagarariye abasezerewe muri RCS CP Peter Kagarama,  yavuze ko mu myaka umunani bamaze habaye ubwitange n'imbaraga nyinshi mu ikura n'iterambere rya RCS haba umubare w'abakozi ndetse n'ibikorwa remezo imibereho myiza y'abakozi ndetse n'imfungwa n'abagororwa muri rusange

CP Peter Kagarama yasezerewe muri RCS

Yashoje avuga ko ibyagezweho byose bitari gushoboka hatabayeho ubufatanye bw'abantu ndetse n'izindi nzego zitandukanye.

Ministri w'umutekano mu gihugu Alfred Gasana arinawe wari umushyitsi mu kuru muri uyu muhango yashimiye abacungagereza bagiye mu kiruhuko kizabukuru avuga ko bakoranye umurava n'ubwitange mugihe bari bakiri mu kazi.

Minisitiri w'umutekano Alfred Gasana

Minisitiri Gasana yasabye abacunga Gereza bagiye mu kiruhuko kizabukuru  kutazibagirwa RCS ndetse na RCS ko itazabibagirwa

Yasabye abacunga Gereza ku zababera ba ambasaderi beza mu muryango nyarwanda bagiyemo.

Aha yagize ati" nshingiye kuburambe mufite mu by'umutekano ko mugomba gufatanya n'inzego z'umutekano ndestse n'inzego zibanze mu iterambere ry'igihugu cyacu.".

Urwego rw'imfungwa n'bagororwa ni ku inshuro ya kane rusezerera abakozi barwo bajya mu kiruhuko kizabukuru.

Bagabo John.

Abacungagereza 86 bagiye mu kiruhuko kizabukuru

Abacungagereza 86 bagiye mu kiruhuko kizabukuru
Abacungagereza 86 nibo bagiye mu kiruhuko kizabukuru

Minisitiri w'umutekano arasaba abacunga gereza bagiye mu kiruhuko kizabukuru gufatanya n'inzego z'umutekano ndetse n'inzego z'ibanze.

Kuri uyu wa 12 Kanama urwego rushinzwe imfungwa n'abagororwa RCS rwashyize mu kiruhuko kizabukuru abacungagereza 86 nkuko biherutswe kwemezwa n'imana y'abaminisitiri iheruka guterana kuri 29.7.2022
Ni umuhango wabereye ku ki caro gikuru cya RCS 

Uhagarariye abasezerewe muri RCS CP Peter Kagarama,  yavuze ko mu myaka umunani bamaze habaye ubwitange n'imbaraga nyinshi mu ikura n'iterambere rya RCS haba umubare w'abakozi ndetse n'ibikorwa remezo imibereho myiza y'abakozi ndetse n'imfungwa n'abagororwa muri rusange

CP Peter Kagarama yasezerewe muri RCS

Yashoje avuga ko ibyagezweho byose bitari gushoboka hatabayeho ubufatanye bw'abantu ndetse n'izindi nzego zitandukanye.

Ministri w'umutekano mu gihugu Alfred Gasana arinawe wari umushyitsi mu kuru muri uyu muhango yashimiye abacungagereza bagiye mu kiruhuko kizabukuru avuga ko bakoranye umurava n'ubwitange mugihe bari bakiri mu kazi.

Minisitiri w'umutekano Alfred Gasana

Minisitiri Gasana yasabye abacunga Gereza bagiye mu kiruhuko kizabukuru  kutazibagirwa RCS ndetse na RCS ko itazabibagirwa

Yasabye abacunga Gereza ku zababera ba ambasaderi beza mu muryango nyarwanda bagiyemo.

Aha yagize ati" nshingiye kuburambe mufite mu by'umutekano ko mugomba gufatanya n'inzego z'umutekano ndestse n'inzego zibanze mu iterambere ry'igihugu cyacu.".

Urwego rw'imfungwa n'bagororwa ni ku inshuro ya kane rusezerera abakozi barwo bajya mu kiruhuko kizabukuru.

Bagabo John.