•     

Tanzania: Abagabo bagiye kujya babona abagore babo babyara imbona nkubone

CCBRT yafunguye inyubako y’ubuvuzi bw’ababyeyi n’abana, ishyiraho ibyumba aho abagabo bazashobora kubona abagore babo babyara imbona nkubone.

Tanzania:  Abagabo bagiye kujya babona abagore babo babyara imbona nkubone
Perezida Samia Hassan Suluhu yatashye ibitaro bizajya biha abagabo uburenganzira bwo kubona abagore babo babyara imbona nkubone.

Ubwo ibitaro bya CCBRT bya murikaga ku mu garagaro inyubako y’ubuvuzi bw’ababyeyi n’abana, yashyizeho ibyumba aho abagore batwite bazajya babyara abagabo babo babareba imbona nkubone.

Ibi byavuzwe uyu munsi, ku wa kabiri, tariki ya 5 Kamena 2022, n’umuyobozi mukuru w’ibitaro, Brenda Msangi ubwo batahaga iyi nyubako.

Brenda yavuze ko umushinga wiyi nyubako watwaye amashilingi  arenga miliyari 101.2, nkuko ikinyamakuru mwananchi cyabyanditse.

"Imbere muri iyi nyubako harimo n'ibyumba umunani, umubyeyi utwite yemerewe kwinjira muri icyo cyumba ari kumwe n'umugabowe.

Uyu muyobozi yavuze ko iyi nyubako ifite ibitanda 140 by’ababyeyi kandi muri byo ibitanda 50.bifite ikorana buhanga ryo kurwego rwo hejuru.

Mu gutaha iyi nyubako umushyitsi mukuru yari Perezida Samia Suluhu Hassan.

Bagabo John.

Tanzania: Abagabo bagiye kujya babona abagore babo babyara imbona nkubone

Tanzania:  Abagabo bagiye kujya babona abagore babo babyara imbona nkubone
Perezida Samia Hassan Suluhu yatashye ibitaro bizajya biha abagabo uburenganzira bwo kubona abagore babo babyara imbona nkubone.

CCBRT yafunguye inyubako y’ubuvuzi bw’ababyeyi n’abana, ishyiraho ibyumba aho abagabo bazashobora kubona abagore babo babyara imbona nkubone.

Ubwo ibitaro bya CCBRT bya murikaga ku mu garagaro inyubako y’ubuvuzi bw’ababyeyi n’abana, yashyizeho ibyumba aho abagore batwite bazajya babyara abagabo babo babareba imbona nkubone.

Ibi byavuzwe uyu munsi, ku wa kabiri, tariki ya 5 Kamena 2022, n’umuyobozi mukuru w’ibitaro, Brenda Msangi ubwo batahaga iyi nyubako.

Brenda yavuze ko umushinga wiyi nyubako watwaye amashilingi  arenga miliyari 101.2, nkuko ikinyamakuru mwananchi cyabyanditse.

"Imbere muri iyi nyubako harimo n'ibyumba umunani, umubyeyi utwite yemerewe kwinjira muri icyo cyumba ari kumwe n'umugabowe.

Uyu muyobozi yavuze ko iyi nyubako ifite ibitanda 140 by’ababyeyi kandi muri byo ibitanda 50.bifite ikorana buhanga ryo kurwego rwo hejuru.

Mu gutaha iyi nyubako umushyitsi mukuru yari Perezida Samia Suluhu Hassan.

Bagabo John.