•     

Abagore babiri bagize ihungabana nyuma yo kumenya ko abagabo babo ari abatinganyi.

Abagore babiri bo muri Kenya batunguwe no kubona abagabo babo ari abatinganyi kuburyo byabaviriyemo ihungabana bahita bombi bafata icyemezo cyo kwimuka aho bari batuye

Abagore babiri  bagize ihungabana nyuma yo kumenya ko abagabo babo  ari abatinganyi.
Nyuma yo kumenya ko abagabo babo ari abatinganyi bahise bagira ihungabana

Abo bagore ubusanzwe baraturanye kandi bose basengera mu itorero rimwe. Baje gukubitwa n'inkuba ubwo babonaga amafoto y'abagabo babo ku mbuga nkoranyambaga bahana bizu banifurizanya umunsi mwiza w'abakundana uheruka kuba tariki ya 14 Gashyantare 2023.

Aba bagabo umwe ni umukozi muri bank imwe muri Kenya mu gihe mu genzi we ari umucuruzi,  ubusanzwe aba bagabo ngo bari inshuti zisanzwe ku buryo ntamuntu numwe wacyeka ko ubushuti bwabo bufite aho buhuriye n'ubutinganyi. 

Icyaje gutungurana nuko hagaragaye amafoto kuri WhatsApp yaba  bagabo umwe asoma undi arinako amubwira amagambo y'uzuye imitoma ku munsi w'abakundana 14 Gashyantare 2023"Happy Valentine’s My Sweetheart in Advance".

Umwe muri aba bagabo w'umucuruzi yari  yabwiye umugore we ko agiye gushaka umukiriya mu gace kitwa Mtwapa, mu ntara ya  Kilifi amu bwira ko ashobora kuzatinda, ni mugihe uriya mugabo ukora muri bank yari yabwiye umugore ko agiye muri konji ariko mubyukuri abo  bagabo bombi bari bagiye kwizihiza umunsi mukuru w'abakundana Sentvalantine.

Abo bagore nyuma yokubona ayo mafoto bahise bagira ihungabana bose bava aho bari batuye bajya ahandi hataramenyekana cyane ko na Telephone zabo bahise bazifunga.

Bagabo John

Abagore babiri bagize ihungabana nyuma yo kumenya ko abagabo babo ari abatinganyi.

Abagore babiri  bagize ihungabana nyuma yo kumenya ko abagabo babo  ari abatinganyi.
Nyuma yo kumenya ko abagabo babo ari abatinganyi bahise bagira ihungabana

Abagore babiri bo muri Kenya batunguwe no kubona abagabo babo ari abatinganyi kuburyo byabaviriyemo ihungabana bahita bombi bafata icyemezo cyo kwimuka aho bari batuye

Abo bagore ubusanzwe baraturanye kandi bose basengera mu itorero rimwe. Baje gukubitwa n'inkuba ubwo babonaga amafoto y'abagabo babo ku mbuga nkoranyambaga bahana bizu banifurizanya umunsi mwiza w'abakundana uheruka kuba tariki ya 14 Gashyantare 2023.

Aba bagabo umwe ni umukozi muri bank imwe muri Kenya mu gihe mu genzi we ari umucuruzi,  ubusanzwe aba bagabo ngo bari inshuti zisanzwe ku buryo ntamuntu numwe wacyeka ko ubushuti bwabo bufite aho buhuriye n'ubutinganyi. 

Icyaje gutungurana nuko hagaragaye amafoto kuri WhatsApp yaba  bagabo umwe asoma undi arinako amubwira amagambo y'uzuye imitoma ku munsi w'abakundana 14 Gashyantare 2023"Happy Valentine’s My Sweetheart in Advance".

Umwe muri aba bagabo w'umucuruzi yari  yabwiye umugore we ko agiye gushaka umukiriya mu gace kitwa Mtwapa, mu ntara ya  Kilifi amu bwira ko ashobora kuzatinda, ni mugihe uriya mugabo ukora muri bank yari yabwiye umugore ko agiye muri konji ariko mubyukuri abo  bagabo bombi bari bagiye kwizihiza umunsi mukuru w'abakundana Sentvalantine.

Abo bagore nyuma yokubona ayo mafoto bahise bagira ihungabana bose bava aho bari batuye bajya ahandi hataramenyekana cyane ko na Telephone zabo bahise bazifunga.

Bagabo John