•     

Kenya: Abakomiseri bane bari bashinzwe amatora bamaganye ibyayavuyemo

Bamwe mu ba komiseri bari bashinzwe amatora muri Kenya, bane muribo bitandukanyije n'ibyavuye mu matora bavuga ko Perezida wa komisiyo yanze ko bagaragaza inenge babonye.

Kenya: Abakomiseri bane bari bashinzwe amatora bamaganye ibyayavuyemo
Abakomiseri bane bitandukanyije n'ibyavuye mu matora muri Kenya

Muri abo bakozi ba komisiyo y'amatora (IEBC) bamaze kwitandukanya n'ibyavuye mu matora y'umukuru w'Igihugu, barangajwe imbere n'umunyamabanga wiyo komisiyo witwa  Juliana Cherera. Mubandi harimo 
Francis Wanderi, Irene Masit na Justus Nyang'aya.

BBC yatangaje ko umunyamabanga wiyo komisiyo witwa Juliana Cherera, yabwiye itangazamakuru ko imibare yatangajwe na Perezida wa komisiyo 
Wafula Chebukati harimo inenge mu majwi kuko  yarenganga 100.01%.

William Ruto niwe wemejwe na Komisiyo y'amatora ko ariwe Perezida wa 5 wa Kenya

Abakandida bose uko ari bane  amajwi yabo yagiye arengaho 1% 

Nyuma yo kugaragaza icyo kibazo cyuko amajwi ariho arengaho ngo babibwiye Perezida wa komisiyo hanyuma abitera utwatsi. 

Ibi ngo nibyo byatumye aba bakomiseri bane bitandukanya nibyavuye mu matora aho yasize William Ruto ariwe utorowe kuyobora Kenya ahugitse Raila Odinga bari bahanganye bikomeye muri ariya matora.

Bagabo John.

Kenya: Abakomiseri bane bari bashinzwe amatora bamaganye ibyayavuyemo

Kenya: Abakomiseri bane bari bashinzwe amatora bamaganye ibyayavuyemo
Abakomiseri bane bitandukanyije n'ibyavuye mu matora muri Kenya

Bamwe mu ba komiseri bari bashinzwe amatora muri Kenya, bane muribo bitandukanyije n'ibyavuye mu matora bavuga ko Perezida wa komisiyo yanze ko bagaragaza inenge babonye.

Muri abo bakozi ba komisiyo y'amatora (IEBC) bamaze kwitandukanya n'ibyavuye mu matora y'umukuru w'Igihugu, barangajwe imbere n'umunyamabanga wiyo komisiyo witwa  Juliana Cherera. Mubandi harimo 
Francis Wanderi, Irene Masit na Justus Nyang'aya.

BBC yatangaje ko umunyamabanga wiyo komisiyo witwa Juliana Cherera, yabwiye itangazamakuru ko imibare yatangajwe na Perezida wa komisiyo 
Wafula Chebukati harimo inenge mu majwi kuko  yarenganga 100.01%.

William Ruto niwe wemejwe na Komisiyo y'amatora ko ariwe Perezida wa 5 wa Kenya

Abakandida bose uko ari bane  amajwi yabo yagiye arengaho 1% 

Nyuma yo kugaragaza icyo kibazo cyuko amajwi ariho arengaho ngo babibwiye Perezida wa komisiyo hanyuma abitera utwatsi. 

Ibi ngo nibyo byatumye aba bakomiseri bane bitandukanya nibyavuye mu matora aho yasize William Ruto ariwe utorowe kuyobora Kenya ahugitse Raila Odinga bari bahanganye bikomeye muri ariya matora.

Bagabo John.