•     

Abana baba Sirikare bagiye kujya bigira ubuntu kugeza Segonderi

Uganda: Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yatangaje ko abana baba Sirikare bagiye kujya bigira ubuntu guhera mu mashuri abanza kugeza barangije amashuri yisumbuye

Abana baba Sirikare bagiye kujya bigira ubuntu kugeza Segonderi
Abana baba Sirikare bagiye kujya bigira ubuntu muri Uganda.

Ikinyamakuru Daily Monitor cyanditse ko Perezida Museveni yavuze ko impamvu abana baba Sirikare bazajya bigira ubuntu ari ukugabanya umutwaro w'abasirikare wo kwishyurira abana amafaranga y'ishuri kandi bahembwa umushahara muke.

                    Perezida Museveni 

Perezida Museveni yavuze ko ubwo ba bohoraga igihugu abasirikare bigeze ku mara imyaka 17 badahembwa bahabwa ibyo kurya gusa,  naho batangiye guhembwa ngo umushahara wabo ni muke  bityo hagomba kubaho uburyo bwo ku bunganira hanyuma abana babo bakiga batishyura.

Igisirikare cya Uganda kiriho kiriyubaka kuburyo ubu gifite amashuri abanza 36 Amashuri yisumbuye 11 kaminuza enye ndetse n'ishuri rikuru ryigisha ubuvuzi.

Bagabo John

Abana baba Sirikare bagiye kujya bigira ubuntu kugeza Segonderi

Abana baba Sirikare bagiye kujya bigira ubuntu kugeza Segonderi
Abana baba Sirikare bagiye kujya bigira ubuntu muri Uganda.

Uganda: Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni yatangaje ko abana baba Sirikare bagiye kujya bigira ubuntu guhera mu mashuri abanza kugeza barangije amashuri yisumbuye

Ikinyamakuru Daily Monitor cyanditse ko Perezida Museveni yavuze ko impamvu abana baba Sirikare bazajya bigira ubuntu ari ukugabanya umutwaro w'abasirikare wo kwishyurira abana amafaranga y'ishuri kandi bahembwa umushahara muke.

                    Perezida Museveni 

Perezida Museveni yavuze ko ubwo ba bohoraga igihugu abasirikare bigeze ku mara imyaka 17 badahembwa bahabwa ibyo kurya gusa,  naho batangiye guhembwa ngo umushahara wabo ni muke  bityo hagomba kubaho uburyo bwo ku bunganira hanyuma abana babo bakiga batishyura.

Igisirikare cya Uganda kiriho kiriyubaka kuburyo ubu gifite amashuri abanza 36 Amashuri yisumbuye 11 kaminuza enye ndetse n'ishuri rikuru ryigisha ubuvuzi.

Bagabo John