•     

Abantu 14 bo mu muryango umwe bitabye Imana mu impanuka y'imodoka

Impanuka y'imodoka yari itwaye umurambo bagiye gushyingura yakoze impanuka kuri uyu wa gatandatu 4 Gashyantare 2023 ivuye Der- es Salaam ijya ahitwa Moshi muri Tanzania abantu 17 bitaba Imana harimo 14 bo mu muryango umwe.

Abantu 14 bo mu muryango umwe bitabye Imana mu impanuka y'imodoka
Abantu 14 bo mu muryango umwe bitabye Imana

Imodoka yari itwaye umurambo igiye gushyingura yo mu bwoko bwa Coatser yagonganye nindi yo mu bwoko bwa Mitsubishi Fuso  abantu 17 bahasiga ubuzima abandi 12  barakomereka

Amakuru yiyi mpanuka ya mejwe n'umuyobozi w'intara ya Tanga  Omary Mgumba 

Yavuze ko iyo mpanuka yabereye mu gace kitwa Korogwe, umuhanda wa Segera - Buiko. Igahitanda abantu 17 abandi 12 bagakomereka bakaba bagiye kuvurirwa mu bitaro byegere kariya gace 

Gusa ntabwo haratangazwa icyaba cyateye iyo mpanuka.

Bagabo John

Abantu 14 bo mu muryango umwe bitabye Imana mu impanuka y'imodoka

Abantu 14 bo mu muryango umwe bitabye Imana mu impanuka y'imodoka
Abantu 14 bo mu muryango umwe bitabye Imana

Impanuka y'imodoka yari itwaye umurambo bagiye gushyingura yakoze impanuka kuri uyu wa gatandatu 4 Gashyantare 2023 ivuye Der- es Salaam ijya ahitwa Moshi muri Tanzania abantu 17 bitaba Imana harimo 14 bo mu muryango umwe.

Imodoka yari itwaye umurambo igiye gushyingura yo mu bwoko bwa Coatser yagonganye nindi yo mu bwoko bwa Mitsubishi Fuso  abantu 17 bahasiga ubuzima abandi 12  barakomereka

Amakuru yiyi mpanuka ya mejwe n'umuyobozi w'intara ya Tanga  Omary Mgumba 

Yavuze ko iyo mpanuka yabereye mu gace kitwa Korogwe, umuhanda wa Segera - Buiko. Igahitanda abantu 17 abandi 12 bagakomereka bakaba bagiye kuvurirwa mu bitaro byegere kariya gace 

Gusa ntabwo haratangazwa icyaba cyateye iyo mpanuka.

Bagabo John