•     

Aribaza aho umugore we yakuye Miliyoni yo gukoresha isabukuru y'amavuko kandi ahembwa ibihumbi 25

Nigeria: Umugabo muri Nigeria ariho arabaza abahisi n'abagenzi uburyo umugorewe uhembwa ibihumbi 25 yakoresha Miliyoni imwe mu birori by'sabukuru y'amavuko

Aribaza aho umugore we yakuye Miliyoni yo gukoresha isabukuru y'amavuko kandi ahembwa ibihumbi 25
Isabukuru yatwaye Miliyoni mugihe ahembwa ibihumbi 25

Uyu mugabo ukomoka muri Nigeria utatangajwe amazina ye, yashenguwe bikomeye ubwo umugore we uhembwa ibimbi 25000 ubwo yakoreshaga ibirori by'isabukuru ye yamavuko agakoresha Miliyoni muri ibyo birori.

Ku mbuga nkoranyambaga uyu mugabo yagize ati" Umugore wange yambwiye ko afite isabukuru y'amavuko ansaba ko twategura ibirori mubwira ko ntamafaranga mfite, naje gutungurwa nyuma y'iminsi ibiri ambwira ko yamaze kwishyura Sale yaho azakorera ibirori kandi ngo byose hamwe byamuhagaze Miliyoni, nkibaza umuntu uhembwa ibimbi 25000 yakoresha ibirori bya Miliyoni andi yayakuyehe?"

Hari bamwe basubije uwo mugabo ko umugorewe atabura amafaranga kuko ari umuntu usenga cyane bityo ko Imana itari butume akorwa n'isoni.

Bagabo John

Aribaza aho umugore we yakuye Miliyoni yo gukoresha isabukuru y'amavuko kandi ahembwa ibihumbi 25

Aribaza aho umugore we yakuye Miliyoni yo gukoresha isabukuru y'amavuko kandi ahembwa ibihumbi 25
Isabukuru yatwaye Miliyoni mugihe ahembwa ibihumbi 25

Nigeria: Umugabo muri Nigeria ariho arabaza abahisi n'abagenzi uburyo umugorewe uhembwa ibihumbi 25 yakoresha Miliyoni imwe mu birori by'sabukuru y'amavuko

Uyu mugabo ukomoka muri Nigeria utatangajwe amazina ye, yashenguwe bikomeye ubwo umugore we uhembwa ibimbi 25000 ubwo yakoreshaga ibirori by'isabukuru ye yamavuko agakoresha Miliyoni muri ibyo birori.

Ku mbuga nkoranyambaga uyu mugabo yagize ati" Umugore wange yambwiye ko afite isabukuru y'amavuko ansaba ko twategura ibirori mubwira ko ntamafaranga mfite, naje gutungurwa nyuma y'iminsi ibiri ambwira ko yamaze kwishyura Sale yaho azakorera ibirori kandi ngo byose hamwe byamuhagaze Miliyoni, nkibaza umuntu uhembwa ibimbi 25000 yakoresha ibirori bya Miliyoni andi yayakuyehe?"

Hari bamwe basubije uwo mugabo ko umugorewe atabura amafaranga kuko ari umuntu usenga cyane bityo ko Imana itari butume akorwa n'isoni.

Bagabo John