•     

Dogiteri ari mubyishimo nyuma yo kwibaruka umwana wa 60.

Umugabo wo muri Pakistan witwa Dr Sardar Jan Mohammad ufite abagore batatu ari mu byishishimo nyuma yo kwibaruka umwana wa 60

Dogiteri ari mubyishimo nyuma yo kwibaruka umwana wa 60.
Ari mubyishimo nyuma yo kwibaruka umwana wa 60

Uyu mugabo w'imyaka 50 bivugwa ko asanzwe abana neza n'abagore be batatu mu nzu imwe, yatangaje ko ari mu byishimo nyuma yo kubyara umwana wa 60.

Uyu mwana yahise ahabwa izina rya Haji Khushal Khan. Uyu mugabo yatangaje ko agifite inzozi zo gushaka undi mugore wa kane aho yasabye inshuti ze ku bimufashamo bakamubera umuranga.

Dr Sardar Jan Mohammed Khan amaze kugeza abana 60

Yanasabye leta ko yazamuha imodoka yo mu bwoko bwa Bisi  agatwara umuryango we mu biruhuko.

Ikinyamakuru The Mirror cyatangaje ko uyu mugabo yavuzeko ibiciro ku masoko byazamutse bityo ubuzima arimo bumugora kubona ibitunga umuryango.

Bagabo John.

Dogiteri ari mubyishimo nyuma yo kwibaruka umwana wa 60.

Dogiteri ari mubyishimo nyuma yo kwibaruka umwana wa 60.
Ari mubyishimo nyuma yo kwibaruka umwana wa 60

Umugabo wo muri Pakistan witwa Dr Sardar Jan Mohammad ufite abagore batatu ari mu byishishimo nyuma yo kwibaruka umwana wa 60

Uyu mugabo w'imyaka 50 bivugwa ko asanzwe abana neza n'abagore be batatu mu nzu imwe, yatangaje ko ari mu byishimo nyuma yo kubyara umwana wa 60.

Uyu mwana yahise ahabwa izina rya Haji Khushal Khan. Uyu mugabo yatangaje ko agifite inzozi zo gushaka undi mugore wa kane aho yasabye inshuti ze ku bimufashamo bakamubera umuranga.

Dr Sardar Jan Mohammed Khan amaze kugeza abana 60

Yanasabye leta ko yazamuha imodoka yo mu bwoko bwa Bisi  agatwara umuryango we mu biruhuko.

Ikinyamakuru The Mirror cyatangaje ko uyu mugabo yavuzeko ibiciro ku masoko byazamutse bityo ubuzima arimo bumugora kubona ibitunga umuryango.

Bagabo John.