•     

"Harimo abapolisi bamena amabanga bahabwa n'Abaturage " Umuyobozi wa Polisi

Umuyobozi wa Polisi mu ntara ya Shinyanga muri Tanzania, ACP Janeth Magomi yaneze bamwe mu bapolisi baburira abanyabya bigahita batoroka ubutabera

"Harimo abapolisi bamena amabanga bahabwa n'Abaturage " Umuyobozi wa Polisi
Umuyobozi wa Polisi ACP Janeth Magomi

ACP Janeth Magomi yagize ati" hari bamwe mu babolisi batari inyangamugayo bahabwa amakuru n'abaturage ahantu ahari abantu bakora ibikorwa bitemewe hanyuma abo bapolisi bagahita batanga amakuru kuri abo bantu bigatuma batoroka ubutabera, ibi bifatwa nko kumena amabanga yakazi".

Uwo muyobozi wa Polisi yavuze ko umupolisi uzafatirwa muri ayo makosa yo kumena amabanga bahawe n'abaturage azabihanirwa by'intangarugero.

Ibi yabivuze ubwo herekanagwa ibintu byagiye bifatwa byaribwe, harimo amajerekani y'amavuta  byafashwe mu bihe bitandukanye na Polisi ndetse n'imbunda zakoreshwaga nabamwe mu baturage barwanya inzego z'umutekano mu gihe bari mu gikorwa cy'umukwabo wo gufata no guta muriyombi abayekwaho ibikorwa bitandukanye bihungabanya umutekano wa Rubanda 

Bagabo John

"Harimo abapolisi bamena amabanga bahabwa n'Abaturage " Umuyobozi wa Polisi

"Harimo abapolisi bamena amabanga bahabwa n'Abaturage " Umuyobozi wa Polisi
Umuyobozi wa Polisi ACP Janeth Magomi

Umuyobozi wa Polisi mu ntara ya Shinyanga muri Tanzania, ACP Janeth Magomi yaneze bamwe mu bapolisi baburira abanyabya bigahita batoroka ubutabera

ACP Janeth Magomi yagize ati" hari bamwe mu babolisi batari inyangamugayo bahabwa amakuru n'abaturage ahantu ahari abantu bakora ibikorwa bitemewe hanyuma abo bapolisi bagahita batanga amakuru kuri abo bantu bigatuma batoroka ubutabera, ibi bifatwa nko kumena amabanga yakazi".

Uwo muyobozi wa Polisi yavuze ko umupolisi uzafatirwa muri ayo makosa yo kumena amabanga bahawe n'abaturage azabihanirwa by'intangarugero.

Ibi yabivuze ubwo herekanagwa ibintu byagiye bifatwa byaribwe, harimo amajerekani y'amavuta  byafashwe mu bihe bitandukanye na Polisi ndetse n'imbunda zakoreshwaga nabamwe mu baturage barwanya inzego z'umutekano mu gihe bari mu gikorwa cy'umukwabo wo gufata no guta muriyombi abayekwaho ibikorwa bitandukanye bihungabanya umutekano wa Rubanda 

Bagabo John