•     

Hazabanza akarasisi k'imbwa mbere yo gushyingura Umunyamakuru Paul

Ubwongereza: Umunyamakuru akaba n'umunyarwenya Paul O'Grady, uherutse kwitaba Imama, azashyingurwa mu buryo budasanzwe aho azabanzirizwa n'akarasisi k'imbwa nkuko byatanganjwe n'umuryango we

Hazabanza akarasisi k'imbwa mbere yo gushyingura Umunyamakuru Paul
Mu gushyingura Paul O'Grady hazabaho akarasisi k'imbwa

Ibinyamakuru byo mu bwongereza byanditse ko  Paul  azashyingurwa n'abakunzi be arinako habanza kubaho imyiyereko y'imbwa zi zaturuka mu kigo k'imbwa kitwa Battersea Dogs & Cats Home.

Paul O'Grady yitabye Imana afite imyaka 67 akaba zashyingurwa mu cyaro cyahitwa Aldington.

Paul O'Grady azashyingurwa mu buryo budasanzwe

Umukinyi wa Felme akaba n'inshuti ya Nyakwigendera witwa Michael Cashman, yatangaje ko azashimishwa no guherekeza inshuti ye muri uwo muhango wafashwe nkaho utangaje uzaba urimo imbwa zizifatanya n'inshuti n'umuryango wa nyakwigendera. 

Ntabwo higeze hatangazwa umunsi nyirizina Paul O'Grady azashyingurirwaho.

Bagabo John

Hazabanza akarasisi k'imbwa mbere yo gushyingura Umunyamakuru Paul

Hazabanza akarasisi k'imbwa mbere yo gushyingura Umunyamakuru Paul
Mu gushyingura Paul O'Grady hazabaho akarasisi k'imbwa

Ubwongereza: Umunyamakuru akaba n'umunyarwenya Paul O'Grady, uherutse kwitaba Imama, azashyingurwa mu buryo budasanzwe aho azabanzirizwa n'akarasisi k'imbwa nkuko byatanganjwe n'umuryango we

Ibinyamakuru byo mu bwongereza byanditse ko  Paul  azashyingurwa n'abakunzi be arinako habanza kubaho imyiyereko y'imbwa zi zaturuka mu kigo k'imbwa kitwa Battersea Dogs & Cats Home.

Paul O'Grady yitabye Imana afite imyaka 67 akaba zashyingurwa mu cyaro cyahitwa Aldington.

Paul O'Grady azashyingurwa mu buryo budasanzwe

Umukinyi wa Felme akaba n'inshuti ya Nyakwigendera witwa Michael Cashman, yatangaje ko azashimishwa no guherekeza inshuti ye muri uwo muhango wafashwe nkaho utangaje uzaba urimo imbwa zizifatanya n'inshuti n'umuryango wa nyakwigendera. 

Ntabwo higeze hatangazwa umunsi nyirizina Paul O'Grady azashyingurirwaho.

Bagabo John