Ubwongereza: Umunyamakuru akaba n'umunyarwenya Paul O'Grady, uherutse kwitaba Imama, azashyingurwa mu buryo budasanzwe aho azabanzirizwa n'akarasisi k'imbwa nkuko byatanganjwe n'umuryango we

Ibinyamakuru byo mu bwongereza byanditse ko Paul azashyingurwa n'abakunzi be arinako habanza kubaho imyiyereko y'imbwa zi zaturuka mu kigo k'imbwa kitwa Battersea Dogs & Cats Home.
Paul O'Grady yitabye Imana afite imyaka 67 akaba zashyingurwa mu cyaro cyahitwa Aldington.
Paul O'Grady azashyingurwa mu buryo budasanzwe
Umukinyi wa Felme akaba n'inshuti ya Nyakwigendera witwa Michael Cashman, yatangaje ko azashimishwa no guherekeza inshuti ye muri uwo muhango wafashwe nkaho utangaje uzaba urimo imbwa zizifatanya n'inshuti n'umuryango wa nyakwigendera.
Ntabwo higeze hatangazwa umunsi nyirizina Paul O'Grady azashyingurirwaho.
Bagabo John