•     

Imana igiye gukora uruzinduko rw'iminsi ibiri muri Afirika aho izasura umuhungu wayo Yesu.

Ubuyobozi w'itorero ryitwa New Jerusalem riyoboye na Yesu muri Kenya riri mu myiteguro yo kwakira Imana izakora uruzinduko rw'iminsi ibiri aho izaba ije gusura umuhungu wayo Yesu.

Imana igiye gukora uruzinduko rw'iminsi ibiri muri Afirika aho izasura umuhungu wayo Yesu.
Imana igiye gusura Umuhungu wayo Yesu

Itorero NewJerusalem, ryatangaje ko urwo ruzinduko rw'Imana izaza gusura umuhungu wayo ruzaba ku matariki  ya 24 na 26 Gashyantare 2023.

Yesu wa Tongaren aritegura gusurwa n'Imana 

Itorero NewJerusalem, ryatangaje ko urwo ruzinduko rw'Imana izaza gusura umuhungu wayo ruzaba ku matariki  ya 24 na 26 Gashyantare 2023.

Ibi byatangajwe nyuma yaho bamwe mu bayoboke biri torero batatu batangaje ko babonekewe n'Imana ikababwira ko igiye kuzaza gusura umuhungu wayo Yesu arinawe ushumbye iri torero.

Uyu Yesu wa Tongaren atuye mu gace kitwa Lukhokwe, ubu asanzwe iri torero rigendera ku mahame abiri harimo Kwerekwa ndetse n'ubuhanuzi.

Bagabo John

Imana igiye gukora uruzinduko rw'iminsi ibiri muri Afirika aho izasura umuhungu wayo Yesu.

Imana igiye gukora uruzinduko rw'iminsi ibiri muri Afirika aho izasura umuhungu wayo Yesu.
Imana igiye gusura Umuhungu wayo Yesu

Ubuyobozi w'itorero ryitwa New Jerusalem riyoboye na Yesu muri Kenya riri mu myiteguro yo kwakira Imana izakora uruzinduko rw'iminsi ibiri aho izaba ije gusura umuhungu wayo Yesu.

Itorero NewJerusalem, ryatangaje ko urwo ruzinduko rw'Imana izaza gusura umuhungu wayo ruzaba ku matariki  ya 24 na 26 Gashyantare 2023.

Yesu wa Tongaren aritegura gusurwa n'Imana 

Itorero NewJerusalem, ryatangaje ko urwo ruzinduko rw'Imana izaza gusura umuhungu wayo ruzaba ku matariki  ya 24 na 26 Gashyantare 2023.

Ibi byatangajwe nyuma yaho bamwe mu bayoboke biri torero batatu batangaje ko babonekewe n'Imana ikababwira ko igiye kuzaza gusura umuhungu wayo Yesu arinawe ushumbye iri torero.

Uyu Yesu wa Tongaren atuye mu gace kitwa Lukhokwe, ubu asanzwe iri torero rigendera ku mahame abiri harimo Kwerekwa ndetse n'ubuhanuzi.

Bagabo John