Ubuyobozi w'itorero ryitwa New Jerusalem riyoboye na Yesu muri Kenya riri mu myiteguro yo kwakira Imana izakora uruzinduko rw'iminsi ibiri aho izaba ije gusura umuhungu wayo Yesu.
Itorero NewJerusalem, ryatangaje ko urwo ruzinduko rw'Imana izaza gusura umuhungu wayo ruzaba ku matariki ya 24 na 26 Gashyantare 2023.
Yesu wa Tongaren aritegura gusurwa n'Imana
Itorero NewJerusalem, ryatangaje ko urwo ruzinduko rw'Imana izaza gusura umuhungu wayo ruzaba ku matariki ya 24 na 26 Gashyantare 2023.
Ibi byatangajwe nyuma yaho bamwe mu bayoboke biri torero batatu batangaje ko babonekewe n'Imana ikababwira ko igiye kuzaza gusura umuhungu wayo Yesu arinawe ushumbye iri torero.
Uyu Yesu wa Tongaren atuye mu gace kitwa Lukhokwe, ubu asanzwe iri torero rigendera ku mahame abiri harimo Kwerekwa ndetse n'ubuhanuzi.
Bagabo John