•     

Impanuka y'imodoka yahitanye umupolisi umugororwa arakomereka.

Muri Tanzania haravugwa inkuru y'impanuka yahitanye abantu 12 abandi 63 barakomereka kuri uyu wa kane tariki ya 9 Gashyantare 2023, mu bitabye Imana harimo umupolisi witwa Copolo Hamis wari utwaye umugororwa kuri station ya Polisi uwo mu gororwa arakomereka akaba ari mu bitaro.

Impanuka y'imodoka yahitanye umupolisi umugororwa arakomereka.
Impanuka y'imodoka yahitanye umupolisi umugororwa arakomereka

Aya makuru yemejwe n'umuyobozi wa Polisi ushinzwe ubugenzunzi muri Polisi witwa   Awadh Haji.

Ati" nibyo koko muri iriya mpanuka harimo umupolisi wari kumwe n'umugororwa ku bwibyago uwo mu Polisi yitabye Imana naho uwo mu gororwa arakomereka  ubu kaba ari mu bitaro"

Usibye uwo mupolisi wari ku mwe n'ukugororwa hanaguyemo undi mupolisi wari ugiye ku ishuri aho yigaga muri kaminuza.

Iyi mpanuka yabereye mu karere ka Kongwa mu intara ya Dodoma, ubwo imodoka yavaga Der es Salaam ijya   Bukoba yagongana nindi yari ivuye Bukoba yerekeza Dare se Salaam 

Bagabo John 

Impanuka y'imodoka yahitanye umupolisi umugororwa arakomereka.

Impanuka y'imodoka yahitanye umupolisi umugororwa arakomereka.
Impanuka y'imodoka yahitanye umupolisi umugororwa arakomereka

Muri Tanzania haravugwa inkuru y'impanuka yahitanye abantu 12 abandi 63 barakomereka kuri uyu wa kane tariki ya 9 Gashyantare 2023, mu bitabye Imana harimo umupolisi witwa Copolo Hamis wari utwaye umugororwa kuri station ya Polisi uwo mu gororwa arakomereka akaba ari mu bitaro.

Aya makuru yemejwe n'umuyobozi wa Polisi ushinzwe ubugenzunzi muri Polisi witwa   Awadh Haji.

Ati" nibyo koko muri iriya mpanuka harimo umupolisi wari kumwe n'umugororwa ku bwibyago uwo mu Polisi yitabye Imana naho uwo mu gororwa arakomereka  ubu kaba ari mu bitaro"

Usibye uwo mupolisi wari ku mwe n'ukugororwa hanaguyemo undi mupolisi wari ugiye ku ishuri aho yigaga muri kaminuza.

Iyi mpanuka yabereye mu karere ka Kongwa mu intara ya Dodoma, ubwo imodoka yavaga Der es Salaam ijya   Bukoba yagongana nindi yari ivuye Bukoba yerekeza Dare se Salaam 

Bagabo John