•     

Indaya yasubije umukozi w'Imana ikoresheje icyanditswe ( Umubwiriza 3:1)

Indaya yo muri Kenya yabwiye umukozi w'Imana waruje ku mubwira ko ya kwakira agakiza akava ku muhanda aho yari ategereje abakiriya, maze amubwira ko buri kintu gifite igihe cyacyo n'umwanya wacyo cyagenewe

Indaya yasubije umukozi w'Imana ikoresheje icyanditswe ( Umubwiriza  3:1)
Indaya yabwiye umukozi w'Imana ko buri kintu gifite igihe cyacyo n'umwanya wacyo cyagenewe

Uyu umukozi w'Imana w'Umugore yasanze iyi ndaya ku muhanda itegereje umugabo ibi bakunze kwita Gutega, hanyuma uwo mukozi w'Imana aramubwira ngo umwuka yamusabye ko agomba ku mubwiriza agakizwa akava mu ingeso mbi z'uburaya arimo.

Iyo ndaya yahise imusubiza y'ifashishishe icyanditswe cyera kiboneka mu gitabo cy'Umubwiriza ibice butatu n'umurongo waho wambere, havuga ko ikintu cyose kigenerwa igihe cyacyo n'icyagambiriwe munsi y'ijuru cyose gifite umwanya wacyo ( Umubwiriza 3: 1)

Yagize ati" ntekereza ko buri kintu cyose kigira igihe cyacyo ndetse n'umwanya wacyo, bityo ubu ndi mu kazi uzashake undi mwanya."


 Uwo mukozi w'Imana yahise abura icyo amusubiza ahita agenda, undi nawe asigara aho ngaho mu kazi ke yarimo ko gupagasa.

Bagabo John

Indaya yasubije umukozi w'Imana ikoresheje icyanditswe ( Umubwiriza 3:1)

Indaya yasubije umukozi w'Imana ikoresheje icyanditswe ( Umubwiriza  3:1)
Indaya yabwiye umukozi w'Imana ko buri kintu gifite igihe cyacyo n'umwanya wacyo cyagenewe

Indaya yo muri Kenya yabwiye umukozi w'Imana waruje ku mubwira ko ya kwakira agakiza akava ku muhanda aho yari ategereje abakiriya, maze amubwira ko buri kintu gifite igihe cyacyo n'umwanya wacyo cyagenewe

Uyu umukozi w'Imana w'Umugore yasanze iyi ndaya ku muhanda itegereje umugabo ibi bakunze kwita Gutega, hanyuma uwo mukozi w'Imana aramubwira ngo umwuka yamusabye ko agomba ku mubwiriza agakizwa akava mu ingeso mbi z'uburaya arimo.

Iyo ndaya yahise imusubiza y'ifashishishe icyanditswe cyera kiboneka mu gitabo cy'Umubwiriza ibice butatu n'umurongo waho wambere, havuga ko ikintu cyose kigenerwa igihe cyacyo n'icyagambiriwe munsi y'ijuru cyose gifite umwanya wacyo ( Umubwiriza 3: 1)

Yagize ati" ntekereza ko buri kintu cyose kigira igihe cyacyo ndetse n'umwanya wacyo, bityo ubu ndi mu kazi uzashake undi mwanya."


 Uwo mukozi w'Imana yahise abura icyo amusubiza ahita agenda, undi nawe asigara aho ngaho mu kazi ke yarimo ko gupagasa.

Bagabo John