•     

Isake yakatiwe n'urukiko igihano cyo kwicwa

Nigeria: Urukiko rwo muri Nigeria rwahanishije Isake igihano cyo kwicwa nyuma yo guhamwa n'icyaha cyo kubuza ibitotsi abaturanyi

Isake yakatiwe n'urukiko igihano cyo kwicwa
Isake yahanishishwe igihano cyo kwicwa.

Umwe mubatanze ikirego mu rukiko witwa Yusuf Mohammed, yavuze ko iyo Sake irara ibika ijoro ryose bigatuma badasinzira bityo ko imubuza ubwisanzure.

Ubwo yireguraga mu rukiko nyiri Sake witwa Isyaky Shu’aibu, yavuze ko i Sake ye ntacyo itwaye abaturanyi ahubwo ko bayibeshyera.

Iyi Sake nyuma yo kuhamwa n'icyaha cyo kubaza abantu gusinzira kubera kubika, yahanishijwe igihano cyo kwicwa.

Umucamanza ukuriye urukiko rwo mu mujyi waKano, Halima Wali, nyuma yo gusuzuma ikirego cyatanzwe, yasanze gifite ishingiro maze ategeka ko iyo Sake ihanishwa igihano cyo kwicwa nubwo ntangingo y'amategeko yigize igaragazwa yashingiyeho ahanisha iyo Sake igihano cyo kwicwa.

Nubwo iyo Sake yahanishijwe igihano cyo kwicwa, ntabwo higeze hatangazwa igihe icyo gihano kizashyirirwa mu bikorwa.

Bagabo John

Isake yakatiwe n'urukiko igihano cyo kwicwa

Isake yakatiwe n'urukiko igihano cyo kwicwa
Isake yahanishishwe igihano cyo kwicwa.

Nigeria: Urukiko rwo muri Nigeria rwahanishije Isake igihano cyo kwicwa nyuma yo guhamwa n'icyaha cyo kubuza ibitotsi abaturanyi

Umwe mubatanze ikirego mu rukiko witwa Yusuf Mohammed, yavuze ko iyo Sake irara ibika ijoro ryose bigatuma badasinzira bityo ko imubuza ubwisanzure.

Ubwo yireguraga mu rukiko nyiri Sake witwa Isyaky Shu’aibu, yavuze ko i Sake ye ntacyo itwaye abaturanyi ahubwo ko bayibeshyera.

Iyi Sake nyuma yo kuhamwa n'icyaha cyo kubaza abantu gusinzira kubera kubika, yahanishijwe igihano cyo kwicwa.

Umucamanza ukuriye urukiko rwo mu mujyi waKano, Halima Wali, nyuma yo gusuzuma ikirego cyatanzwe, yasanze gifite ishingiro maze ategeka ko iyo Sake ihanishwa igihano cyo kwicwa nubwo ntangingo y'amategeko yigize igaragazwa yashingiyeho ahanisha iyo Sake igihano cyo kwicwa.

Nubwo iyo Sake yahanishijwe igihano cyo kwicwa, ntabwo higeze hatangazwa igihe icyo gihano kizashyirirwa mu bikorwa.

Bagabo John