•     

Kenya: Abakuru bi bihugu 20 nibo bazitabira irahira rya Ruto

Abakuru bi bihugu 20 nibo bateganyijwe kuzitabira ibirori byo kurahira kwa Perezida wa Kenya William Ruto, umuhango uteganyijwe kuri uyu wa 13 Nzeri 2022.

Kenya: Abakuru bi bihugu 20 nibo bazitabira irahira rya Ruto
Abakuru bi bihugu 20 bazitabira irahira rya Perezida William Ruto

Usibye abo ba Perezida bateganyijwe muri uwo muhango wo kurahira kwa William Ruto nka Perezida ugiye gusimbura Uhuru Kenyatta ushoje mandaye, Umunyamabanga muri Minisiteri y'umutekano w'imbere mu gihugu Dkt Karanja Kibicho, yavuze ko abaturage basaga  60,000 bazitabira ibyo birori.

Uhuru Kenyatta kuri uyu wa 13 Nzeri 2022 nibwo aza sezera abaturage bakenya ku mu garagaro ku inshingano zo kuyobora Kenya.

Mubindi Karanja yagarutseho, yavuze ko Umutekano uzaba wa kajijwe mu bice bitandukanye by'igihugu, by'umwihariko mu bice bya  Nairobi na Kasarani ahoherejwe inzego z'umutekano zisaga 10,000 muri ibyo bice, nkuko ikinyamakuru Taifa leo cyandikirwa muri Kenya cyabitangaje.

Perezida Kenyatta ucyuye igihe ari mu banyacyubahiro bazitabira ibyo birori byo kurahira kwa William Ruto.

Bagabo John.


 

Kenya: Abakuru bi bihugu 20 nibo bazitabira irahira rya Ruto

Kenya: Abakuru bi bihugu 20 nibo bazitabira irahira rya Ruto
Abakuru bi bihugu 20 bazitabira irahira rya Perezida William Ruto

Abakuru bi bihugu 20 nibo bateganyijwe kuzitabira ibirori byo kurahira kwa Perezida wa Kenya William Ruto, umuhango uteganyijwe kuri uyu wa 13 Nzeri 2022.

Usibye abo ba Perezida bateganyijwe muri uwo muhango wo kurahira kwa William Ruto nka Perezida ugiye gusimbura Uhuru Kenyatta ushoje mandaye, Umunyamabanga muri Minisiteri y'umutekano w'imbere mu gihugu Dkt Karanja Kibicho, yavuze ko abaturage basaga  60,000 bazitabira ibyo birori.

Uhuru Kenyatta kuri uyu wa 13 Nzeri 2022 nibwo aza sezera abaturage bakenya ku mu garagaro ku inshingano zo kuyobora Kenya.

Mubindi Karanja yagarutseho, yavuze ko Umutekano uzaba wa kajijwe mu bice bitandukanye by'igihugu, by'umwihariko mu bice bya  Nairobi na Kasarani ahoherejwe inzego z'umutekano zisaga 10,000 muri ibyo bice, nkuko ikinyamakuru Taifa leo cyandikirwa muri Kenya cyabitangaje.

Perezida Kenyatta ucyuye igihe ari mu banyacyubahiro bazitabira ibyo birori byo kurahira kwa William Ruto.

Bagabo John.