•     

Kuba mfite ibitsina bibiri ntabwo byambuza kuyobora"Kwamboka Kibagendi".

Umugabo witwa Kwamboka Kibagendi uhatanira kuba umudepite yavuze ko kuba ari ikinyabibiri butamubuza kuvamo umuyozi nkuko bbc yabittangaje.

Kuba mfite ibitsina bibiri ntabwo byambuza kuyobora"Kwamboka Kibagendi".
Kwamboka Kibagendi Uhatanira kuba Umudepite muri Kenya.

Kwamboka Kibagendi, numuntu wa mbere uzwi ufite  (ibitsina byombi) muri Kenya wiyamamarije umwanya wa politiki.

Uyu musore  w'imyaka 34 y'amavuko arimo kwiyamamariza umwanya w’intumwa ya rubanda mu nteko ishinga amategeko muri Nairobi afite itike y’ishyaka rikomeye nubwo iryoshyaka ritatangajwe.

Amatora muri Kenya Azaba mu kwezi kwa 8 uyu mwaka 2022

Amatora yo muri Kenya ateganyijwe muri uyu mwaka 2022 mu kwezi kwa munani tariki ya 9.

Usibye abazahangana bashaka imyanya mu nteko ishinga amategeko, ninako abahatanira intebe isumba izindi muri Kenya nabo bazaba bishakamo uwasimbura Perezida Uhuru Kenyata ushoje maanda ze ebyiri.

Bagabo  John.

Kuba mfite ibitsina bibiri ntabwo byambuza kuyobora"Kwamboka Kibagendi".

Kuba mfite ibitsina bibiri ntabwo byambuza kuyobora"Kwamboka Kibagendi".
Kwamboka Kibagendi Uhatanira kuba Umudepite muri Kenya.

Umugabo witwa Kwamboka Kibagendi uhatanira kuba umudepite yavuze ko kuba ari ikinyabibiri butamubuza kuvamo umuyozi nkuko bbc yabittangaje.

Kwamboka Kibagendi, numuntu wa mbere uzwi ufite  (ibitsina byombi) muri Kenya wiyamamarije umwanya wa politiki.

Uyu musore  w'imyaka 34 y'amavuko arimo kwiyamamariza umwanya w’intumwa ya rubanda mu nteko ishinga amategeko muri Nairobi afite itike y’ishyaka rikomeye nubwo iryoshyaka ritatangajwe.

Amatora muri Kenya Azaba mu kwezi kwa 8 uyu mwaka 2022

Amatora yo muri Kenya ateganyijwe muri uyu mwaka 2022 mu kwezi kwa munani tariki ya 9.

Usibye abazahangana bashaka imyanya mu nteko ishinga amategeko, ninako abahatanira intebe isumba izindi muri Kenya nabo bazaba bishakamo uwasimbura Perezida Uhuru Kenyata ushoje maanda ze ebyiri.

Bagabo  John.