Minisitiri muri Kenya ushinzwe Ubucukuzi Kipchumba Murkomen, uherutse kureba Europa league mu mukino wahuje Barcelona na Manchester united ari ku kibuga cya Old Trafford yahuye nuruva gusenya

Uyu mu nyacyubahiro uyoboye Minisiteri y'Ubucukuzi muri Kenya, nyuma yaho ashyize amafoto yicaye mu myanya ya banyacubahiro izwi nka VIP yambaye isaha ifite agaciro ka Miliyoni imwe n'igice y'amashilingi.
Ati" Nibwo bwambere ndebye umupira kuri kino kibuga cya Old Trafford nyuma yakazi kenshi imba ndimo, ikindi nuko ikipe yange yabonye intsinzi".
Nyuma yo kwandika ayo magambo ku mbuga nkoranyambaga ze akoresha, abaturage ba kenya bahise bamwanjama
Umwe yagize ati" hakenewe ubugenzuzi kuko kuva warahirira inshingano wahise ujya kureba imikino y'igikombe ki isi, none dore uri Old Trafford, dushobora gusobanurirwa izo ngendo zawe inyungu zifite kubantu batanga imisoro".?
Undi ati" ni wowe utahiwe kwishimira namafaranga y'abishyura imisoro.
Tubibutse ko uwo mukino wahuje Barcelona na Manchester United warangira Manchester United itsinze 2- 1 cya Barcelona .
Bagabo John