•     

Muzane inzara zanyu hamwe n'imisatsi mbasengere niko Imana yambwiye"Umuhanuzi".

Umushumba w'itorero ryitwa WRM muri Tanzania Nikolaus Suguye akaba n'Umuhanuzi, wamyekanye cyane umwaka ushyize 2022 ubwo yabwiraga abayoboke be ngo bazane inzara n'imisatsi abasengere, arashima Imana hamwe Perezida Samia kuba itorero rye nyuma y'iminsi 50 rifunze rikaba rya komorewe

Muzane inzara zanyu hamwe n'imisatsi mbasengere niko Imana yambwiye"Umuhanuzi".
Umuhanuzi Nikolaus nyuma y'iminsi 50 itorero rye rifunze yakomorewe

Uyu mu hanuzi yamenyekanye cyane mu mpera z'umwaka ushyize wa 202bwo yabwiraga abayoboke be ngo bazane inzara n'imisatsi agasengere babone imigisha ngo niko Imana yamutegetse

Yagize ati" Mugende abafite ibibazo bitandukanye  muce inzara zanyu ku rutoki ruhera ku kuboko kw'ibumoso ndetse mwogeshe n'imisatsi yanyu muyinzanire mbasengere niko Imana yambwiye 

                  Umuhanuzi Nikolaus Suguye

Nyuma iryo torero ryaje gufungwa kubera kutuzuza ibisabwa ndetse mu byatumye rifungwa hakaba harimo no kuzana abashyitsi mu gihugu mu buryo bunyuranyije n'amategeko 

Kuri iki cyumweru 5 Gashyantare 2023 yakomorewe ndetse akoresha n'amateraniro.

Ku mbuga ze nkoranyambaga yanditse ashima Imana kuba yakomorewe akaba yongeye gukora umurimo w'Imana, ndetse anashimira Perezida Samia Hassan Suluhu  avuga ko adateze ku za mwibagirwa mu buzima bwe ku bwigikorwa cyo gukomorera uyu umukozi w'Imana. 

Iri torero WRM ryafunzwe rifite abayoboke 4000 rikaba rikorera mu mujyi wa Dar es Salaam 

Bagabo John

Muzane inzara zanyu hamwe n'imisatsi mbasengere niko Imana yambwiye"Umuhanuzi".

Muzane inzara zanyu hamwe n'imisatsi mbasengere niko Imana yambwiye"Umuhanuzi".
Umuhanuzi Nikolaus nyuma y'iminsi 50 itorero rye rifunze yakomorewe

Umushumba w'itorero ryitwa WRM muri Tanzania Nikolaus Suguye akaba n'Umuhanuzi, wamyekanye cyane umwaka ushyize 2022 ubwo yabwiraga abayoboke be ngo bazane inzara n'imisatsi abasengere, arashima Imana hamwe Perezida Samia kuba itorero rye nyuma y'iminsi 50 rifunze rikaba rya komorewe

Uyu mu hanuzi yamenyekanye cyane mu mpera z'umwaka ushyize wa 202bwo yabwiraga abayoboke be ngo bazane inzara n'imisatsi agasengere babone imigisha ngo niko Imana yamutegetse

Yagize ati" Mugende abafite ibibazo bitandukanye  muce inzara zanyu ku rutoki ruhera ku kuboko kw'ibumoso ndetse mwogeshe n'imisatsi yanyu muyinzanire mbasengere niko Imana yambwiye 

                  Umuhanuzi Nikolaus Suguye

Nyuma iryo torero ryaje gufungwa kubera kutuzuza ibisabwa ndetse mu byatumye rifungwa hakaba harimo no kuzana abashyitsi mu gihugu mu buryo bunyuranyije n'amategeko 

Kuri iki cyumweru 5 Gashyantare 2023 yakomorewe ndetse akoresha n'amateraniro.

Ku mbuga ze nkoranyambaga yanditse ashima Imana kuba yakomorewe akaba yongeye gukora umurimo w'Imana, ndetse anashimira Perezida Samia Hassan Suluhu  avuga ko adateze ku za mwibagirwa mu buzima bwe ku bwigikorwa cyo gukomorera uyu umukozi w'Imana. 

Iri torero WRM ryafunzwe rifite abayoboke 4000 rikaba rikorera mu mujyi wa Dar es Salaam 

Bagabo John