•     

Nyiri byondo yakingiranye abarwayi n'abaganga kubera kutamwishyura

Uganda: Muri Uganda haravugwa inkuru y'ibitaro byafunzwe na nyiri inzu bitewe n'umwenda ungana na Mashilingi ya Uganda angana na Miliyoni 66

Nyiri byondo yakingiranye abarwayi n'abaganga kubera kutamwishyura
Nyiri byondo yakingiranye abarwayi n'abaganga kubera umwenda

Amakuru dukesha ikinyamakuru Daily Monitor, avuga mu bitaro bya Medipal biherereye mu murwa mukuru wa Uganda, hari Campani yitwa Securex Private Security ishinzwe umutekano wiyo nyubako yafungiranye abarwayi ndetse n'abaganga bitewe nuko ibyo bitaro bi mubereyemo umwenda ungana na Mashilingi Miliyoni 66 uhereye  mu kwezi kwa Nzeri muri 2022.

Bamwe mu babonye abasekirite bafunga ibyo bitaro, bavuze ko hari abarwayi bari bategereje kubonana na Muganga ndetse n'abaganga bari mu byumba bariho bita ku barwayi.

Kugeza ubu ntarwego narumwe haba urwa Minisiteri y'ubuzima cyangwa inzego z'umutekano ziratangaza kubijyanye nabo barwayi ndetse n'abaganga bakingiranywe na nyiri inzu.

Bagabo John

Nyiri byondo yakingiranye abarwayi n'abaganga kubera kutamwishyura

Nyiri byondo yakingiranye abarwayi n'abaganga kubera kutamwishyura
Nyiri byondo yakingiranye abarwayi n'abaganga kubera umwenda

Uganda: Muri Uganda haravugwa inkuru y'ibitaro byafunzwe na nyiri inzu bitewe n'umwenda ungana na Mashilingi ya Uganda angana na Miliyoni 66

Amakuru dukesha ikinyamakuru Daily Monitor, avuga mu bitaro bya Medipal biherereye mu murwa mukuru wa Uganda, hari Campani yitwa Securex Private Security ishinzwe umutekano wiyo nyubako yafungiranye abarwayi ndetse n'abaganga bitewe nuko ibyo bitaro bi mubereyemo umwenda ungana na Mashilingi Miliyoni 66 uhereye  mu kwezi kwa Nzeri muri 2022.

Bamwe mu babonye abasekirite bafunga ibyo bitaro, bavuze ko hari abarwayi bari bategereje kubonana na Muganga ndetse n'abaganga bari mu byumba bariho bita ku barwayi.

Kugeza ubu ntarwego narumwe haba urwa Minisiteri y'ubuzima cyangwa inzego z'umutekano ziratangaza kubijyanye nabo barwayi ndetse n'abaganga bakingiranywe na nyiri inzu.

Bagabo John