•     

Nyuma y'ibyumweru bibiri bakoze ubukwe bitabye Imana

Kenya: Umusore wari umaze ibyumweru bibiri akoze ubukwe y'itabye Imana avuye gushyingura se

Nyuma y'ibyumweru bibiri bakoze ubukwe bitabye Imana
Abageni bitabye Imana bamaze ibyumweru bibiri bakoze ubukwe.

Uyu muryango w'abageni wari umaze ibyumweru bibiri ukoze ubukwe waje gukora impanuka y'imodoka ubwo bari bavuye gushyingura ise w'umuhungu.

Amakuru avuga ko uwo muryango wabo bageni bari bamaze ibyumweru bibiri bakoze ubukwe.

Nyuma yo kuva mu birori  by'ubukwe, umusore yahise apfusha se bajya gushyingura, hanyuma ubwo batahaga uwo musore yakoze impanuka y'imodoka arikumwe n'umugore we bahita bitaba Imana.

Iyo mpanuka yabereye mu gace kahitwa Nyangwena  muri Chongwe .

Bamwe mu bakoresha imbuga nkoranya mbaga bababajwe n'urupfu rwabo bageni babasabira iruhuko ridashira.

Bagabo John

Nyuma y'ibyumweru bibiri bakoze ubukwe bitabye Imana

Nyuma y'ibyumweru bibiri bakoze ubukwe bitabye Imana
Abageni bitabye Imana bamaze ibyumweru bibiri bakoze ubukwe.

Kenya: Umusore wari umaze ibyumweru bibiri akoze ubukwe y'itabye Imana avuye gushyingura se

Uyu muryango w'abageni wari umaze ibyumweru bibiri ukoze ubukwe waje gukora impanuka y'imodoka ubwo bari bavuye gushyingura ise w'umuhungu.

Amakuru avuga ko uwo muryango wabo bageni bari bamaze ibyumweru bibiri bakoze ubukwe.

Nyuma yo kuva mu birori  by'ubukwe, umusore yahise apfusha se bajya gushyingura, hanyuma ubwo batahaga uwo musore yakoze impanuka y'imodoka arikumwe n'umugore we bahita bitaba Imana.

Iyo mpanuka yabereye mu gace kahitwa Nyangwena  muri Chongwe .

Bamwe mu bakoresha imbuga nkoranya mbaga bababajwe n'urupfu rwabo bageni babasabira iruhuko ridashira.

Bagabo John