•     

Pasiteri umaze iminsi y'itabye Imana ntabwo azashyingurwa

Eritrea: Umugabo wahoze ari umukozi w'Imana (Pasiteri) uherutse kwitaba Imana akaba amaze iminsi 11 ntabwo azashyingurwa kuko itorero yabarizwagamo ritemewe na leta.

Pasiteri umaze iminsi y'itabye Imana ntabwo azashyingurwa
Pasiteri umaze iminsi yitabye Imana ntabwo azashyingurwa.

Uyu mu Pasiteri witwa Tesfay Siyum, amaze iminsi 11 yitabye Imana aguye iwe murugo nyuma yaho avuye muri gereza kurangiza igihano yari yarakatiwe n'inkiko imyaka 10 azira gusengera mu itoero ritemewe muri icyo gihugu.

Muri Eritrea amatorero yemewe ni 
aba Orthodox,  aba gaturika, aba lutheri ndetse n'abaislamu.

Pasiteri  Tesfay Siyum umaze iminsi 11 yitabye Imana ntabwo azashyingurwa

Itegeko ribuza andi madini y'inzaduka ryatangiye gushyirwa mu bikorwa muri 2002

Bitewe n'uko uwo mu Pasiteri itorero yasengagamo ritemewe na leta, kandi kugirango umuntu ashyingurwe bisaba guhabwa icyemezo na leta cyaho wasengeraga. Ibi nibyo byatumye uyu umukozi w'Imana adashyingurwa

Kugeza ubu ntacyo Minisitiri w'itumanaho muri Eritrea aragira icyo avuga ku kibazo cyuwo mukozi w'Imana  uheze munzu bitewe no kuba itorero rye ritemewe.

Umuryango wa nyakwigendera uri mu marira wibaza icyo wakora kugirango umuntu wabo ashyingurwe.

Bagabo John

Pasiteri umaze iminsi y'itabye Imana ntabwo azashyingurwa

Pasiteri umaze iminsi y'itabye Imana ntabwo azashyingurwa
Pasiteri umaze iminsi yitabye Imana ntabwo azashyingurwa.

Eritrea: Umugabo wahoze ari umukozi w'Imana (Pasiteri) uherutse kwitaba Imana akaba amaze iminsi 11 ntabwo azashyingurwa kuko itorero yabarizwagamo ritemewe na leta.

Uyu mu Pasiteri witwa Tesfay Siyum, amaze iminsi 11 yitabye Imana aguye iwe murugo nyuma yaho avuye muri gereza kurangiza igihano yari yarakatiwe n'inkiko imyaka 10 azira gusengera mu itoero ritemewe muri icyo gihugu.

Muri Eritrea amatorero yemewe ni 
aba Orthodox,  aba gaturika, aba lutheri ndetse n'abaislamu.

Pasiteri  Tesfay Siyum umaze iminsi 11 yitabye Imana ntabwo azashyingurwa

Itegeko ribuza andi madini y'inzaduka ryatangiye gushyirwa mu bikorwa muri 2002

Bitewe n'uko uwo mu Pasiteri itorero yasengagamo ritemewe na leta, kandi kugirango umuntu ashyingurwe bisaba guhabwa icyemezo na leta cyaho wasengeraga. Ibi nibyo byatumye uyu umukozi w'Imana adashyingurwa

Kugeza ubu ntacyo Minisitiri w'itumanaho muri Eritrea aragira icyo avuga ku kibazo cyuwo mukozi w'Imana  uheze munzu bitewe no kuba itorero rye ritemewe.

Umuryango wa nyakwigendera uri mu marira wibaza icyo wakora kugirango umuntu wabo ashyingurwe.

Bagabo John