•     

Perezida Kagame yashyizeho abayobozi bakaminuza y'u Rwanda (UR)

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho abayobozi bashya ba kaminuza nkuru y'urwanda nkuko itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w'intebe Dr Eduward Ngirente ribivuga.

Perezida Kagame yashyizeho abayobozi bakaminuza y'u Rwanda (UR)
Perezida Kagame yashyizeho abayobozi ba Kaminuza y'u Rwanda (UR)

Iryo tangazo ryasohotse ku gicamunsi cyo kuya 16 Nyakanga 2022 rivuga Dr Didas Kayihura Muganga yagizwe Umuyobozi Mukuru w’agateganyo mu gihe Dr Raymond Ndikumana yagizwe Umuyobozi Mukuru wungirije ushinzwe Igenamigambi n’Imiyoborere.

Dr Kayihura Didas umuyobozi wagateganyo wa Kaminuza y'u Rwanda (UR)

Dr Didas Kayihura wahawe  kuba ayoboye by'Agateganyo Kaminuza y'u Rwanda,  yari asanzwe  ari Umwarimu mu Ishuri Rikuru ryigisha amategeko mu Rwanda (Institute of Legal Practice and Development).

Ibi bibaye nyuma yaho  tariki ya 6 Gicirasi 2022 Prof Alexandre Lyambabaje yeguye ku mwanya w’Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’u Rwanda (UR) kugira ngo atangire ikiruhuko cy’izabukuru

Bagabo John

Perezida Kagame yashyizeho abayobozi bakaminuza y'u Rwanda (UR)

Perezida Kagame yashyizeho abayobozi bakaminuza y'u Rwanda (UR)
Perezida Kagame yashyizeho abayobozi ba Kaminuza y'u Rwanda (UR)

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho abayobozi bashya ba kaminuza nkuru y'urwanda nkuko itangazo ryashyizweho umukono na Minisitiri w'intebe Dr Eduward Ngirente ribivuga.

Iryo tangazo ryasohotse ku gicamunsi cyo kuya 16 Nyakanga 2022 rivuga Dr Didas Kayihura Muganga yagizwe Umuyobozi Mukuru w’agateganyo mu gihe Dr Raymond Ndikumana yagizwe Umuyobozi Mukuru wungirije ushinzwe Igenamigambi n’Imiyoborere.

Dr Kayihura Didas umuyobozi wagateganyo wa Kaminuza y'u Rwanda (UR)

Dr Didas Kayihura wahawe  kuba ayoboye by'Agateganyo Kaminuza y'u Rwanda,  yari asanzwe  ari Umwarimu mu Ishuri Rikuru ryigisha amategeko mu Rwanda (Institute of Legal Practice and Development).

Ibi bibaye nyuma yaho  tariki ya 6 Gicirasi 2022 Prof Alexandre Lyambabaje yeguye ku mwanya w’Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’u Rwanda (UR) kugira ngo atangire ikiruhuko cy’izabukuru

Bagabo John