•     

Perezida Kagame yitabiriye isozwa rya Tour du Rwanda yegukanywe n'Umunya- Eritrea Hennok

Umunya- Eritrea Hennok Mulueberhan, niwe wegukanye Tour du Rwanda yari imaze iminsi umunani ibera mu Rwanda ryari ryitabiriwe na Perezida Kagame.

Perezida Kagame yitabiriye isozwa rya Tour du Rwanda yegukanywe n'Umunya- Eritrea Hennok
Perezida Kagame yitabiriye Tour du Rwanda ryegukanywe na Hennok

Mu gusoza iryo rushanwa ryabereye ahitwa Canal Olympia, ryari ryanitabiriwe na Perezida wa Repubulika y'Urwanda Paul Kagame nabandi banya cyubahiro. Umusore ukomoka muri Eritrea witwa Hennok niwe wegukanye iryo rushanwa akoresheje
ibihe bihwanye n’amasaha 28, iminota 58 n’isegonda 1.

Hennok wegukanye Tour du Rwanda 

Abasiganwagwa hagurukiye kuri Canal Olympia akaba ari na ho bana soreje  nyuma yo kuzenguruka ibice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali ku ntera y’ibilometero 75,3.

Hennok wegukanye iri rushanwa rya Tour du Rwanda umusore ukiri muto uvukaga Asmara muri Eritrea aba akinira ikipe ya Green Project.

Bagabo John

Perezida Kagame yitabiriye isozwa rya Tour du Rwanda yegukanywe n'Umunya- Eritrea Hennok

Perezida Kagame yitabiriye isozwa rya Tour du Rwanda yegukanywe n'Umunya- Eritrea Hennok
Perezida Kagame yitabiriye Tour du Rwanda ryegukanywe na Hennok

Umunya- Eritrea Hennok Mulueberhan, niwe wegukanye Tour du Rwanda yari imaze iminsi umunani ibera mu Rwanda ryari ryitabiriwe na Perezida Kagame.

Mu gusoza iryo rushanwa ryabereye ahitwa Canal Olympia, ryari ryanitabiriwe na Perezida wa Repubulika y'Urwanda Paul Kagame nabandi banya cyubahiro. Umusore ukomoka muri Eritrea witwa Hennok niwe wegukanye iryo rushanwa akoresheje
ibihe bihwanye n’amasaha 28, iminota 58 n’isegonda 1.

Hennok wegukanye Tour du Rwanda 

Abasiganwagwa hagurukiye kuri Canal Olympia akaba ari na ho bana soreje  nyuma yo kuzenguruka ibice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali ku ntera y’ibilometero 75,3.

Hennok wegukanye iri rushanwa rya Tour du Rwanda umusore ukiri muto uvukaga Asmara muri Eritrea aba akinira ikipe ya Green Project.

Bagabo John