Ikinyamakuru Mwananchi cyandikirwa muri Tanzania cyasohoye inkuru igaragaza ko inzu zabapangayi zitera indwara yo mu mutwe.
Icyo kinyamakuru cyateruye inkuru yacyo igira giti" mu gihe abarwayi bo mu mutwe bageze kuri miliyoni 7 mu gihugu, Umujyi wa Dar es Salaam uri ku isonga bitewe na bapangayi benshi ufite"
Bimwe mu byagarutsweho n'iki kinyamakuru harimo amategeko akomeye ahabwa abapangayi ndetse n'ibiciro byo gukodesha birihejuru bigatuma abantu bananirwa kwiyakira bikabatera gutekereza cyane arinaho haturuka izo ndwara zo mu mutwe.
Bagabo John.