•     

Tanzania: Umunyeshuri wahawe nomero itariye mu kizamini agatakambira leta yatsinze.

Umunyeshuri witwa Iptisum Slim wigeze gutakambira Minisiteri y'uburezi avuga ko yahawe nomero y'ikizamini itariye yatsinze neza ikizamini gisoza Amashuri arindwi aho yagize "A" Mu masomo anne hanyuma abona "B" mu masomo abiri

Tanzania: Umunyeshuri wahawe nomero itariye mu kizamini agatakambira leta yatsinze.
Yatsinze ikizamini cya leta nyuma yaho ahawe nomero y'ikizamini itariye

Uyu munyeshuri yigaga mu kigo cy'amashuri abanza cya 
Chalinze Modern Islamic Pre and Primary giherereye  muntara ya Pwani, ubwo bakoraga ibizamini bisoza Amashuri abanza, uyu munyeshuri yari yahinduriwe nomero imuranga ahabwa indi itariye.

Avuga ko yari afite nomero 40 ariko mu kizamini ahabwa nomero 39. Icyo gihe yagaragaye ku mashusho asaba leta by'umwihariko Minisiteri y'uburezi ko yamufasha ikamurenganura.

Icyo gihe Minisitiri w'uburezi Profiseri Adolf Mkenda yahise ategeka ko icyo kigo gifungwa by'agateganyo hakabanza gusumwa ikibazo cyuwo munyeshyuri

Nyuma yaje guhabwa nomero ye akora ikizamini nibwo Kuri uyu wa Kane 1.ugushyingo 2022 Minisiteri y'uburezi yatangaje amanota y'ibizamini bisoza amashuri abanza maze Uwo munyeshyuri asanga yatsinze neza ikizamini. Aho mu masomo anne yabonye "A" ni mugihe amasomo abiri yabonye "B"

Bagabo John 

Tanzania: Umunyeshuri wahawe nomero itariye mu kizamini agatakambira leta yatsinze.

Tanzania: Umunyeshuri wahawe nomero itariye mu kizamini agatakambira leta yatsinze.
Yatsinze ikizamini cya leta nyuma yaho ahawe nomero y'ikizamini itariye

Umunyeshuri witwa Iptisum Slim wigeze gutakambira Minisiteri y'uburezi avuga ko yahawe nomero y'ikizamini itariye yatsinze neza ikizamini gisoza Amashuri arindwi aho yagize "A" Mu masomo anne hanyuma abona "B" mu masomo abiri

Uyu munyeshuri yigaga mu kigo cy'amashuri abanza cya 
Chalinze Modern Islamic Pre and Primary giherereye  muntara ya Pwani, ubwo bakoraga ibizamini bisoza Amashuri abanza, uyu munyeshuri yari yahinduriwe nomero imuranga ahabwa indi itariye.

Avuga ko yari afite nomero 40 ariko mu kizamini ahabwa nomero 39. Icyo gihe yagaragaye ku mashusho asaba leta by'umwihariko Minisiteri y'uburezi ko yamufasha ikamurenganura.

Icyo gihe Minisitiri w'uburezi Profiseri Adolf Mkenda yahise ategeka ko icyo kigo gifungwa by'agateganyo hakabanza gusumwa ikibazo cyuwo munyeshyuri

Nyuma yaje guhabwa nomero ye akora ikizamini nibwo Kuri uyu wa Kane 1.ugushyingo 2022 Minisiteri y'uburezi yatangaje amanota y'ibizamini bisoza amashuri abanza maze Uwo munyeshyuri asanga yatsinze neza ikizamini. Aho mu masomo anne yabonye "A" ni mugihe amasomo abiri yabonye "B"

Bagabo John