•     

Umugabo yateye inda umwana we, nyuma yo kumubona yambaye akajipo kagufi

Kenya: Umugabo witwa Chihinzi Misagwe Ezekiel, yasambanyije umwana we w'umukobwa witwa Tumaini Chihonzi bimuviramo gusama biturutse ku ba yaramubonye yambaye akajipo kagufi.

Umugabo yateye inda umwana we, nyuma yo kumubona yambaye akajipo kagufi
Yatewe inda na se biturutse kuba yari yambaye akajipo kagufi

Ibi ni byatangajwe n'umugore we witwa Kakumba ubwo ya tanganga ubuhamya bw'uko umugabo we yateye inda umwana we biturutse ku myambarire bivugwa ko ariyo ntandaro yo gukora iryo shyano.

Ati" umukobwa wange yatewe inda na se biturutse kuba yari yambaye ijapo ngufi atikwije bituma ise agira irari ryamuviriyemo kwifuza ku ryamana w'umukobwa wange".

       Umugabo arikumwe n'umuryango we

Uwo mukobbwa wabyaranye na se, yavuzeko ise yamubonye avuye Douche ( Koga) yambaye ati kwije hanyuma ise amusaba ko baryamana amwizeza kuzajya amuha ibyo ashaka byose harimo imyenda ndetse no gukomeza ku mwishyurira amafaranga y'ishuri. Uwo mukobwa yakomeje avuga ko bitewe nuko ya kundaga kwiga yahise yemera aryamana na se bimuviramo gutwita ubu akaba yarabyaye.

Nyina wuyu mu kobwa yavuze ko yamaze kubabarira umugabo we ndetse n'umukobwa we, ubu bose babana munzu imwe nubwo umugabo we ngo agikomeje kumva yaryamana n'umukobwa we yamaze guhindura umugore bitewe nuko bamaze kubyarana.

Bagabo John

Umugabo yateye inda umwana we, nyuma yo kumubona yambaye akajipo kagufi

Umugabo yateye inda umwana we, nyuma yo kumubona yambaye akajipo kagufi
Yatewe inda na se biturutse kuba yari yambaye akajipo kagufi

Kenya: Umugabo witwa Chihinzi Misagwe Ezekiel, yasambanyije umwana we w'umukobwa witwa Tumaini Chihonzi bimuviramo gusama biturutse ku ba yaramubonye yambaye akajipo kagufi.

Ibi ni byatangajwe n'umugore we witwa Kakumba ubwo ya tanganga ubuhamya bw'uko umugabo we yateye inda umwana we biturutse ku myambarire bivugwa ko ariyo ntandaro yo gukora iryo shyano.

Ati" umukobwa wange yatewe inda na se biturutse kuba yari yambaye ijapo ngufi atikwije bituma ise agira irari ryamuviriyemo kwifuza ku ryamana w'umukobwa wange".

       Umugabo arikumwe n'umuryango we

Uwo mukobbwa wabyaranye na se, yavuzeko ise yamubonye avuye Douche ( Koga) yambaye ati kwije hanyuma ise amusaba ko baryamana amwizeza kuzajya amuha ibyo ashaka byose harimo imyenda ndetse no gukomeza ku mwishyurira amafaranga y'ishuri. Uwo mukobwa yakomeje avuga ko bitewe nuko ya kundaga kwiga yahise yemera aryamana na se bimuviramo gutwita ubu akaba yarabyaye.

Nyina wuyu mu kobwa yavuze ko yamaze kubabarira umugabo we ndetse n'umukobwa we, ubu bose babana munzu imwe nubwo umugabo we ngo agikomeje kumva yaryamana n'umukobwa we yamaze guhindura umugore bitewe nuko bamaze kubyarana.

Bagabo John