•     

Umugabo yishe umugore we n'abana be batanu na nyirabukwe nawe ahita yirasa arapfa

Umuryango wabantu umunani muri Amerika bishwe na nyiri rugo nawe arirasa nyuma yaho umugore amusabye gatanya.

Umugabo yishe umugore we n'abana be batanu na nyirabukwe nawe ahita yirasa arapfa
Umugabo yishe umuryango we bitewe nuko umugore amusabye ko batandukana

Umugabo  witwa  Michael Haight  wakoraga mu kigo cy'ubwishingizi,  uri mu kigero kimyaka 42 wari utuye Utah muri Amerika, yishe arashe  umuryango we ugizwe n'umugore we abana be batanu na nyirabukwe babanaga nawe ari rasa nyuma yaho umugore we asabye gatanya.

Abo bana bapfuye batatu bari abakobwa na babiri ba bahungu.

Uyu muryango wose witabye Imana 

Mu kiganiro n'itangazamakuru kuri uyu wa kane tariki ya 5 Mutarama  2023. Umuyobozi wako gace kabereyemo ubwicanyi witwa
Rob Dotson, yavuze ko amakuru yurupfu rwuwo muryango yamenyekanye nyuma yaho umugore wa nyakwigendera abuze mu kazi hanyuma Police bagiye kureba basanga umuryango wose wishwe ndetse nuwakoze ayo mabara nawe yahise yirasa arapfa.

Intandoro yatumye uwo mugabo afata icyemezo kigayitse nkakiriya byaturutse kuba umugore yarasabye ko batandukana numugabo hanyuma umugabo ahita agira umujinya ahita arasa umuryango wose.

Bagabo John

Umugabo yishe umugore we n'abana be batanu na nyirabukwe nawe ahita yirasa arapfa

Umugabo yishe umugore we n'abana be batanu na nyirabukwe nawe ahita yirasa arapfa
Umugabo yishe umuryango we bitewe nuko umugore amusabye ko batandukana

Umuryango wabantu umunani muri Amerika bishwe na nyiri rugo nawe arirasa nyuma yaho umugore amusabye gatanya.

Umugabo  witwa  Michael Haight  wakoraga mu kigo cy'ubwishingizi,  uri mu kigero kimyaka 42 wari utuye Utah muri Amerika, yishe arashe  umuryango we ugizwe n'umugore we abana be batanu na nyirabukwe babanaga nawe ari rasa nyuma yaho umugore we asabye gatanya.

Abo bana bapfuye batatu bari abakobwa na babiri ba bahungu.

Uyu muryango wose witabye Imana 

Mu kiganiro n'itangazamakuru kuri uyu wa kane tariki ya 5 Mutarama  2023. Umuyobozi wako gace kabereyemo ubwicanyi witwa
Rob Dotson, yavuze ko amakuru yurupfu rwuwo muryango yamenyekanye nyuma yaho umugore wa nyakwigendera abuze mu kazi hanyuma Police bagiye kureba basanga umuryango wose wishwe ndetse nuwakoze ayo mabara nawe yahise yirasa arapfa.

Intandoro yatumye uwo mugabo afata icyemezo kigayitse nkakiriya byaturutse kuba umugore yarasabye ko batandukana numugabo hanyuma umugabo ahita agira umujinya ahita arasa umuryango wose.

Bagabo John