•     

Umugabo yiyahuriye kwa Sebukwe nyuma yuko banze ko acyura umugore we

Kenya: Umugabo yagiye gucyura umugore we wari warahukanye hanyuma kwa se bukwe barabyanga ahahita afata icyemeze cyo kwiyahurira muri urwo rugo.

Umugabo yiyahuriye kwa Sebukwe nyuma yuko banze ko acyura umugore we
Umugabo yiyahuriye kwa Sebukwe

Ibi byabaye kuri iki cyumweru tariki 12 Werurwe 2023 mu ntara ya Kisii, amakuru avuga ko uwo mugabo yagiranye amakimbirane n'umugore we bituma yahukana.

Nyuma yaho umugore yahukaniye, umugabo yagiye kwa Sebukwe gucyura ariko  habanje kuba ibiganiro ku mpande zombi hagati y'umugabo no kwa Sebukwe ibiganiro bya shoje uwo mugabo bawimye umugore we ko amutahana.

Uwo mugabo yatahanye umujinya w'umurandura nzuzi, ageze mu rugo ahengera bwije afata umugozi asubira kwa Sebukwe ahita amanika umugozi mu giti kiri mu muryango w'inzu Sebukwe araramo ahita yimanika.

Bwakeye mu gitondo basanga umukwe wabo ari mu mugozi yamaze kwitaba Imana. 

Bagabo John

Umugabo yiyahuriye kwa Sebukwe nyuma yuko banze ko acyura umugore we

Umugabo yiyahuriye kwa Sebukwe nyuma yuko banze ko acyura umugore we
Umugabo yiyahuriye kwa Sebukwe

Kenya: Umugabo yagiye gucyura umugore we wari warahukanye hanyuma kwa se bukwe barabyanga ahahita afata icyemeze cyo kwiyahurira muri urwo rugo.

Ibi byabaye kuri iki cyumweru tariki 12 Werurwe 2023 mu ntara ya Kisii, amakuru avuga ko uwo mugabo yagiranye amakimbirane n'umugore we bituma yahukana.

Nyuma yaho umugore yahukaniye, umugabo yagiye kwa Sebukwe gucyura ariko  habanje kuba ibiganiro ku mpande zombi hagati y'umugabo no kwa Sebukwe ibiganiro bya shoje uwo mugabo bawimye umugore we ko amutahana.

Uwo mugabo yatahanye umujinya w'umurandura nzuzi, ageze mu rugo ahengera bwije afata umugozi asubira kwa Sebukwe ahita amanika umugozi mu giti kiri mu muryango w'inzu Sebukwe araramo ahita yimanika.

Bwakeye mu gitondo basanga umukwe wabo ari mu mugozi yamaze kwitaba Imana. 

Bagabo John