•     

Umukinyi w'umupira w'amagaru yishwe n'imbwa ze eshatu

Umukinyi w'umupira w'amaguru witwa Philemon Mulala, ukomoka muri Zambia yariwe nimbwa ze eshatu kugeza ashyizemo umwuka aho yari atuye muri Afrika Yepfo

Umukinyi w'umupira w'amagaru yishwe n'imbwa ze eshatu
Umukinyi yishwe imbwa ze eshatu

Nkuko umugore we yabitanganje, ngo umugabo we yumvise imbwa ze zimoka cyane bitima asohoka ajya kureba ikibazo kiri hanze.

Bitewe nuko umuriro wari wagiye hatabona ari mu kizima, imba zagize ngo nundi muntu ugiye kuzisagararira ziramwahuka ziramurya kugeza shyizemo umwuka.

Umugore yabonye umugabo atinze kugaruka munzu ajya kumureba ku ko umuriro wari umaze ku garuka habona, yageze hanze aramushaka aramubura nibwo yaje kumubona aryamye mu bustani yapfuye.

Uyu ntakwigendera yakiniye ikipe ya Zambia yitwa Kipolopolo ndetse anakinira ikipe yo muri Afrika yepfo yitwa 
Kaizer Chiefs muri 1988

Bagabo John

Umukinyi w'umupira w'amagaru yishwe n'imbwa ze eshatu

Umukinyi w'umupira w'amagaru yishwe n'imbwa ze eshatu
Umukinyi yishwe imbwa ze eshatu

Umukinyi w'umupira w'amaguru witwa Philemon Mulala, ukomoka muri Zambia yariwe nimbwa ze eshatu kugeza ashyizemo umwuka aho yari atuye muri Afrika Yepfo

Nkuko umugore we yabitanganje, ngo umugabo we yumvise imbwa ze zimoka cyane bitima asohoka ajya kureba ikibazo kiri hanze.

Bitewe nuko umuriro wari wagiye hatabona ari mu kizima, imba zagize ngo nundi muntu ugiye kuzisagararira ziramwahuka ziramurya kugeza shyizemo umwuka.

Umugore yabonye umugabo atinze kugaruka munzu ajya kumureba ku ko umuriro wari umaze ku garuka habona, yageze hanze aramushaka aramubura nibwo yaje kumubona aryamye mu bustani yapfuye.

Uyu ntakwigendera yakiniye ikipe ya Zambia yitwa Kipolopolo ndetse anakinira ikipe yo muri Afrika yepfo yitwa 
Kaizer Chiefs muri 1988

Bagabo John