•     

Umukozi w'Imana uherutse ku garagara murusengero afite imbunda yatawe muri yombi

Umushumba w'itorero ryitwa House on the Rock, Uche Aigbe. wo muri Nigeria  uherutse ku garagara ku ruhimbi afite imbunda yatawe muriyombi na Polisi

Umukozi w'Imana uherutse ku garagara murusengero afite imbunda yatawe muri yombi
Yatawe muriyombi azira gutwara Imbunda mu buryo bunyuranyije n'amategeko mu rusengero.

Uyu mukozi w'Imana aherutse ku garagara murusengero ari kuruhimbi afite imbunda yo mu bwoko bwa  AK-47  izwi nka SMG, yatawe muriyombi na Polisi aho akurikiranyweho icyaha cyo gutwara imbunda atabyemerewe.

Uyu mu kozi w'Imana ku cyumweru gishize ubwo yariho yigisha ijambo ry'Imana avuga ku intwaro za mwuka, iri somo rigaragara mu gitabo cya Abefeso 6:11

Mwambare intwaro zose z'Imana, kugira ngo mubashe guhagarara mudatsinzwe n'uburiganya bwa Satani. 
(Abefeso 6:11)

Nyuma yaho amateraniro ashoje inzego z'umutekano zahise zimuta muriyombi aho akurikiranyweho icyaha cyo gutwara imbunda mu buryo bunyuranyije n'amategeko. 

Uretse uyu mukozi w'Imana watawe muri yombi, Polisi yanataye muriyombi umupolisi wa muhaye iyo mbunda ngo ayikoreshe nk'imfasha nyigisho.

Muri Nigeria kugirango ngo umuntu yemererwe gutunga imbunda  bisaba kuba afite icyemezo yahawe n'umuyobozi wa Polisi Inspekta Jenerali wa Polisi mu Gihugu. 

Bagabo John

Umukozi w'Imana uherutse ku garagara murusengero afite imbunda yatawe muri yombi

Umukozi w'Imana uherutse ku garagara murusengero afite imbunda yatawe muri yombi
Yatawe muriyombi azira gutwara Imbunda mu buryo bunyuranyije n'amategeko mu rusengero.

Umushumba w'itorero ryitwa House on the Rock, Uche Aigbe. wo muri Nigeria  uherutse ku garagara ku ruhimbi afite imbunda yatawe muriyombi na Polisi

Uyu mukozi w'Imana aherutse ku garagara murusengero ari kuruhimbi afite imbunda yo mu bwoko bwa  AK-47  izwi nka SMG, yatawe muriyombi na Polisi aho akurikiranyweho icyaha cyo gutwara imbunda atabyemerewe.

Uyu mu kozi w'Imana ku cyumweru gishize ubwo yariho yigisha ijambo ry'Imana avuga ku intwaro za mwuka, iri somo rigaragara mu gitabo cya Abefeso 6:11

Mwambare intwaro zose z'Imana, kugira ngo mubashe guhagarara mudatsinzwe n'uburiganya bwa Satani. 
(Abefeso 6:11)

Nyuma yaho amateraniro ashoje inzego z'umutekano zahise zimuta muriyombi aho akurikiranyweho icyaha cyo gutwara imbunda mu buryo bunyuranyije n'amategeko. 

Uretse uyu mukozi w'Imana watawe muri yombi, Polisi yanataye muriyombi umupolisi wa muhaye iyo mbunda ngo ayikoreshe nk'imfasha nyigisho.

Muri Nigeria kugirango ngo umuntu yemererwe gutunga imbunda  bisaba kuba afite icyemezo yahawe n'umuyobozi wa Polisi Inspekta Jenerali wa Polisi mu Gihugu. 

Bagabo John