•     

Umukozi wo murugo yibye umwana nyuma yaho nyirabuja amushinje kwiba amashilingi 7000

Uganda: Umucuruzi witwa Najjemba Betty, ari mu marira menshi nyuma yo kuva kukazi yagera murugo agasanga umukozi we yagiye ndetse yamutwaye n'umwana we uri mu kigero cy'umwaka n'igice. Ninyuma yaho uyu Betty abwiye uwo mukozi ko yamwibye amashilingi ye 7000 bityo ko ntaundi wayatwaye atari we.

Umukozi wo murugo yibye umwana nyuma yaho nyirabuja amushinje kwiba amashilingi 7000
Umucuruzi yibwe umwana we n'umukozi wo murugo

Betty yavuze ko kuwa 19 Werurwe 2023, yavuye mukazi yahagera agasanga umukozi ntauri murugo ndetse n'umwana we adahari.

Yahise yihutira kubimenyesha Polisi kugirango imufashe gushakisha no guta muriyombi uwo mukozi witwa Monica.

   Umuyobozi wa Polisi Fred Onanga 

Bamwe mubakoresha imbuga nkoranyambaga bavuze ko uyu mubyeyi atigeze agira ubushishozi kuko ntabwo yari  gushinje uwo mukozi kumwiba amashilingi hanyuma ngo narangiza amusigire umwana we ajye mu kazi.

Mu kiganiro n'itangazamakuru kuri uyu wa mbere 20 Werurwe 2023, umuyobozi wa Polisi Fred Onanga yavuze ko Polisi yatangiye gushakisha uwo mukozi wo murugo witwa Minica kugirango atabwe muriyombi.

Bagabo John

Umukozi wo murugo yibye umwana nyuma yaho nyirabuja amushinje kwiba amashilingi 7000

Umukozi wo murugo yibye umwana nyuma yaho nyirabuja amushinje kwiba amashilingi 7000
Umucuruzi yibwe umwana we n'umukozi wo murugo

Uganda: Umucuruzi witwa Najjemba Betty, ari mu marira menshi nyuma yo kuva kukazi yagera murugo agasanga umukozi we yagiye ndetse yamutwaye n'umwana we uri mu kigero cy'umwaka n'igice. Ninyuma yaho uyu Betty abwiye uwo mukozi ko yamwibye amashilingi ye 7000 bityo ko ntaundi wayatwaye atari we.

Betty yavuze ko kuwa 19 Werurwe 2023, yavuye mukazi yahagera agasanga umukozi ntauri murugo ndetse n'umwana we adahari.

Yahise yihutira kubimenyesha Polisi kugirango imufashe gushakisha no guta muriyombi uwo mukozi witwa Monica.

   Umuyobozi wa Polisi Fred Onanga 

Bamwe mubakoresha imbuga nkoranyambaga bavuze ko uyu mubyeyi atigeze agira ubushishozi kuko ntabwo yari  gushinje uwo mukozi kumwiba amashilingi hanyuma ngo narangiza amusigire umwana we ajye mu kazi.

Mu kiganiro n'itangazamakuru kuri uyu wa mbere 20 Werurwe 2023, umuyobozi wa Polisi Fred Onanga yavuze ko Polisi yatangiye gushakisha uwo mukozi wo murugo witwa Minica kugirango atabwe muriyombi.

Bagabo John