•     

Umunyeshuri yakubiswe na mwalimu bimuviramo gukomereka azira kwiba Amandazi ane

Uyu munyeshuri witwa Raulence Nicholous, wiga mu mwaka wa kane mu mashuri yisumbuye muri Tanzania, yakubiswe na mwalimu bimuviramo gukomereka azira kwiba amandazi ane

Umunyeshuri yakubiswe na mwalimu bimuviramo gukomereka azira kwiba Amandazi ane
Yakubiswe arakomereka azira kwiba amandazi ane

Uyu munyeshuri ngo yibye ayo mandazi bitewe nuko yumvaga inzara imumereye nabi

Aganira n'ikinyamakuru mwananchi yagize ati" nabwiye mwalimu ngo ampe ibyo kurya kuko numvaga inzara imereye nabi hanyuma arabyanga, nibwo nigiraga inama yo kujya kwiba amandazi mu iduka ry'ikigo".

Uwo munyeshuri yakomeje avuga ko yasanze idirisha ryo ku iduka rikinguye ahita yinjira afata ayo mandazi

Nyuma mwarimu yaramufashe atangira ku mukubita inkoni zimurembeje nibwo yashatse guhunga aca mu idirisha ibirahuri biramucyeba kuburyo hayise ajyanwa mu bitaro.

Mwalimu witwa Peter Emmanuel wakubise uwo munyeshuri yahise atabwa muriyombi na Polisi ndetse n'umuzamu w'ikigo kuko ngo nawe yafatanyije nuwo mwalimu mu gukubita uwo munyeshuri. 

Ayo mandazi uwo uwo munyeshuri yibye ngo yari afite agaciro kamashiringi 1500 Sh.

Bagabo John 

Umunyeshuri yakubiswe na mwalimu bimuviramo gukomereka azira kwiba Amandazi ane

Umunyeshuri yakubiswe na mwalimu bimuviramo gukomereka azira kwiba Amandazi ane
Yakubiswe arakomereka azira kwiba amandazi ane

Uyu munyeshuri witwa Raulence Nicholous, wiga mu mwaka wa kane mu mashuri yisumbuye muri Tanzania, yakubiswe na mwalimu bimuviramo gukomereka azira kwiba amandazi ane

Uyu munyeshuri ngo yibye ayo mandazi bitewe nuko yumvaga inzara imumereye nabi

Aganira n'ikinyamakuru mwananchi yagize ati" nabwiye mwalimu ngo ampe ibyo kurya kuko numvaga inzara imereye nabi hanyuma arabyanga, nibwo nigiraga inama yo kujya kwiba amandazi mu iduka ry'ikigo".

Uwo munyeshuri yakomeje avuga ko yasanze idirisha ryo ku iduka rikinguye ahita yinjira afata ayo mandazi

Nyuma mwarimu yaramufashe atangira ku mukubita inkoni zimurembeje nibwo yashatse guhunga aca mu idirisha ibirahuri biramucyeba kuburyo hayise ajyanwa mu bitaro.

Mwalimu witwa Peter Emmanuel wakubise uwo munyeshuri yahise atabwa muriyombi na Polisi ndetse n'umuzamu w'ikigo kuko ngo nawe yafatanyije nuwo mwalimu mu gukubita uwo munyeshuri. 

Ayo mandazi uwo uwo munyeshuri yibye ngo yari afite agaciro kamashiringi 1500 Sh.

Bagabo John