•     

Umupolisi umaze iminsi 10 aburiwe irengero

Kenya: Umupolisi umaze iminsi 10 aburiwe irengero umuryango we urahangayitse

Umupolisi umaze iminsi 10 aburiwe irengero
Umupolisi amaze iminsi 10 aburiwe irengero

Uwo mupolisi witwa Joseph Mbugua uzwi ku mazina ya Njeri, amaze iminsi 10 aburiwe irengero nyuma yaho yasohotse munzu yabagamo mu kigo yakoreragamo cya Turkana agihe mu bwiherero ariko ntagaruke.

Umugore we yatangaje ko ahangayikishijwe no kuba atazi irengero ry'umugabo we kuburyo amaze iyo minsi yose.

Ati" nahamagaye umugabo wange mu masaha ya saa kumi nimwe z' Umugoroba ariko Telephone ye ntamuntu wayitabye, nyuma nongeye guhamagara mu masaha ya saa kumi nebyiri yitabwa n'undi mupolisi wamubwiye ko yagiye mu bwiherero bukarangura atagarutse mu kigo."

Ikinyamakuru Citizen Tv, cyatangaje ko kuva ku wakabiri 23 Gicurasi 2023

Kugeza ubu ntacyo Police iratangaza ku ibura ry'uyu mupolisi umaze iminsi 10 yaraburiwe irengero.

Bagabo John

Umupolisi umaze iminsi 10 aburiwe irengero

Umupolisi umaze iminsi 10 aburiwe irengero
Umupolisi amaze iminsi 10 aburiwe irengero

Kenya: Umupolisi umaze iminsi 10 aburiwe irengero umuryango we urahangayitse

Uwo mupolisi witwa Joseph Mbugua uzwi ku mazina ya Njeri, amaze iminsi 10 aburiwe irengero nyuma yaho yasohotse munzu yabagamo mu kigo yakoreragamo cya Turkana agihe mu bwiherero ariko ntagaruke.

Umugore we yatangaje ko ahangayikishijwe no kuba atazi irengero ry'umugabo we kuburyo amaze iyo minsi yose.

Ati" nahamagaye umugabo wange mu masaha ya saa kumi nimwe z' Umugoroba ariko Telephone ye ntamuntu wayitabye, nyuma nongeye guhamagara mu masaha ya saa kumi nebyiri yitabwa n'undi mupolisi wamubwiye ko yagiye mu bwiherero bukarangura atagarutse mu kigo."

Ikinyamakuru Citizen Tv, cyatangaje ko kuva ku wakabiri 23 Gicurasi 2023

Kugeza ubu ntacyo Police iratangaza ku ibura ry'uyu mupolisi umaze iminsi 10 yaraburiwe irengero.

Bagabo John