•     

Umupolisi yatawe muriyombi azira gukubita umwana we bya kinyamaswa.

Umupolisi wo mu ntara ya Simiyu muri Tanzania, yatawe muri yombi aho akurikiranyweho kugubita umwana we bya kinyamaswa.

Umupolisi yatawe muriyombi azira gukubita umwana we bya kinyamaswa.
Yatawe muriyombi azira gukubita umwana we bu nyamaswa

Uyu mu Polisi witwa (PC) Police Constable
Abati Benedicto Nkalango,  bivugwa tariki ya 15 Mutarama 203 yafashe umwana we akamukubita bikomeye nyuma yo kureba mu ikaye agasanga umwana yatsinzwe.

Uyu mwana umubiri wose ni ibisebe byaturutse ku inkoni yakubiswe na se umubyara

Umuyobozi wa Polisi mu ntara ya  Samiyu witwa Chatanda Blasius, yemeje aya makuru mu kiganiro yahaye itangazamakuru aho yavuze ko uwo mupolisi afungiye kuri station ya polisi ya  Bariadi.

Umuyobozi wa Police Chatanda Blasius

Uyu mupolisi yakubise uyu mwana we w'imyaka irindwi wiga mu mashuri abanza umubiri hose bimuviramo ibikomere bikabije.

Amakuru yamenyekanye nyuma yaho ku mbuga nkoranyambaga hagaragaye afoto yuyu mwana afite ibisebe umubiri hose.

Bagabo John

Umupolisi yatawe muriyombi azira gukubita umwana we bya kinyamaswa.

Umupolisi yatawe muriyombi azira gukubita umwana we bya kinyamaswa.
Yatawe muriyombi azira gukubita umwana we bu nyamaswa

Umupolisi wo mu ntara ya Simiyu muri Tanzania, yatawe muri yombi aho akurikiranyweho kugubita umwana we bya kinyamaswa.

Uyu mu Polisi witwa (PC) Police Constable
Abati Benedicto Nkalango,  bivugwa tariki ya 15 Mutarama 203 yafashe umwana we akamukubita bikomeye nyuma yo kureba mu ikaye agasanga umwana yatsinzwe.

Uyu mwana umubiri wose ni ibisebe byaturutse ku inkoni yakubiswe na se umubyara

Umuyobozi wa Polisi mu ntara ya  Samiyu witwa Chatanda Blasius, yemeje aya makuru mu kiganiro yahaye itangazamakuru aho yavuze ko uwo mupolisi afungiye kuri station ya polisi ya  Bariadi.

Umuyobozi wa Police Chatanda Blasius

Uyu mupolisi yakubise uyu mwana we w'imyaka irindwi wiga mu mashuri abanza umubiri hose bimuviramo ibikomere bikabije.

Amakuru yamenyekanye nyuma yaho ku mbuga nkoranyambaga hagaragaye afoto yuyu mwana afite ibisebe umubiri hose.

Bagabo John