•     

Umurwayi wari mu bitaro yiiyahuye asimbutse mu igorofa ya karindwi

Kenya: Umurwayi wari mu bitaro bya Kenyatta National Hospital ( KNH) yiyahuye asimbutse mu igorofa ya karindwi agera hasi yamaze kwitaba Imana.

Umurwayi wari mu bitaro yiiyahuye asimbutse mu igorofa ya karindwi
Umurwayi wari mu bitaro yasimbutse igorofa ya karindwi agera hasi yitabye Imana

Uyu musore witwaTimothy Kinuthia, ufite imyaka  22. Yiyahuye asimbuka igorofa ya karindwi agera hasi yamaze kwitaba Imana, Polisi yatangaje ko uwo musore batazi icya muteye kwiyambura ubuzima.

Ibitaro bya Kenyatta National Hospital ( KNH)

Ibitangazamakuru bya Kenya, byavuze ko uwo musore bitari byamenyekana igihe yari yaraziye muri ibyo bitaro.

Polisi yatangiye iperereza  kuri ibyo bitaro ngo hamenyekane impamvu yatumye uwo musore yiyahura na cyane ko ibyo bitaro atari ubwambere umuntu yiyahurira  aho ngaho.

Bagabo John

Umurwayi wari mu bitaro yiiyahuye asimbutse mu igorofa ya karindwi

Umurwayi wari mu bitaro yiiyahuye asimbutse mu igorofa ya karindwi
Umurwayi wari mu bitaro yasimbutse igorofa ya karindwi agera hasi yitabye Imana

Kenya: Umurwayi wari mu bitaro bya Kenyatta National Hospital ( KNH) yiyahuye asimbutse mu igorofa ya karindwi agera hasi yamaze kwitaba Imana.

Uyu musore witwaTimothy Kinuthia, ufite imyaka  22. Yiyahuye asimbuka igorofa ya karindwi agera hasi yamaze kwitaba Imana, Polisi yatangaje ko uwo musore batazi icya muteye kwiyambura ubuzima.

Ibitaro bya Kenyatta National Hospital ( KNH)

Ibitangazamakuru bya Kenya, byavuze ko uwo musore bitari byamenyekana igihe yari yaraziye muri ibyo bitaro.

Polisi yatangiye iperereza  kuri ibyo bitaro ngo hamenyekane impamvu yatumye uwo musore yiyahura na cyane ko ibyo bitaro atari ubwambere umuntu yiyahurira  aho ngaho.

Bagabo John