•     

Umurwayi yibye imodoka ya Ambulance yari imutwaye mu bitaro

Amerika: Umugabo wari wigize umurwayi urembye, yakoze amabara ubwo yibaga imodoka yo mubwoko bwa ambulance yari imutwaye mu bitaro byahitwa Manttan akaza gufatwa na Polisi amaze kugenda ibirometero 40

Umurwayi yibye imodoka ya Ambulance yari imutwaye mu bitaro
Umurwayi yibye ambulance bamufata amaze kugenda ibirometero 40

Uyu mugabo uri mu kigero kimyaka 47 y'amavuko, yatangaje abantu abantu ubwo yigiraga umurwayi urembye bikaba ngombwa ko bamutwara mu bitaro kuri uyu wakane mu mujyi wa New york.

Nyuma yo kugera kwa muganga ubwo batangiranga gushaka  uburyo yahabwa ibitaro, ubwo imodoka yari iparitse yahise yinjiramo ahita ayatsa arayitwara.

Polisi yahise itangira ku muhiga ikoresheje ikoranabuhanga rya GPS,  uwo murwayi yaje gufatwa amaze kugenda ibirometero bisaga 40.

Yafashwe nyuma yaho bagiye bamuhagarika akabyanga biba ngombwa ko bashyira ikintu mu muhanda cyapfumuye ipine maze abona guhagarara.

 Uyu mugabo yahise ashikirizwa ubutabera aho aregwa ibyaha birimo kubeshya ko ari umurwayi, icyaha cyo kwiba ndetse n'icyaha cyo gusuzugura inzego z'umutekano.

Bagabo John

Umurwayi yibye imodoka ya Ambulance yari imutwaye mu bitaro

Umurwayi yibye imodoka ya Ambulance yari imutwaye mu bitaro
Umurwayi yibye ambulance bamufata amaze kugenda ibirometero 40

Amerika: Umugabo wari wigize umurwayi urembye, yakoze amabara ubwo yibaga imodoka yo mubwoko bwa ambulance yari imutwaye mu bitaro byahitwa Manttan akaza gufatwa na Polisi amaze kugenda ibirometero 40

Uyu mugabo uri mu kigero kimyaka 47 y'amavuko, yatangaje abantu abantu ubwo yigiraga umurwayi urembye bikaba ngombwa ko bamutwara mu bitaro kuri uyu wakane mu mujyi wa New york.

Nyuma yo kugera kwa muganga ubwo batangiranga gushaka  uburyo yahabwa ibitaro, ubwo imodoka yari iparitse yahise yinjiramo ahita ayatsa arayitwara.

Polisi yahise itangira ku muhiga ikoresheje ikoranabuhanga rya GPS,  uwo murwayi yaje gufatwa amaze kugenda ibirometero bisaga 40.

Yafashwe nyuma yaho bagiye bamuhagarika akabyanga biba ngombwa ko bashyira ikintu mu muhanda cyapfumuye ipine maze abona guhagarara.

 Uyu mugabo yahise ashikirizwa ubutabera aho aregwa ibyaha birimo kubeshya ko ari umurwayi, icyaha cyo kwiba ndetse n'icyaha cyo gusuzugura inzego z'umutekano.

Bagabo John