•     

Umusore wakubiswe n'Umupolisi byamuviriyemo kubagwa

Umusore witwa Mohammed Khatibu utuye mu karere ka Ilemela mu ntara ya Mwanza muri Tanzania, uherutse gukubitwa n'umupolisi agakomereka byamuviriyemo ku bagwa amaguru

Umusore wakubiswe n'Umupolisi byamuviriyemo kubagwa
Yakubiswe n'Umupolisi bimuviramo kubagwa amaguru.

Uyu musore usanzwe ari Umucuruzi w'imodoka mu mujyi wa mwanza, aherutse gukubitirwa kuri Sitasiyo ya Polisi ahitwa kiseke n'umuyobozi wa Polisi kuriyo Sitasiyo amuziza ko afitanye urukundo n'umukobwa w'inshuti yuwo mupolisi.

Uwo musore yakubiswe bikomeye kuburyo byabaye ngombwa ko bamubaga amaguru kuko  amagufwa yo mumavi yari yangiritse.

                         Mohammed 

Mohammed yatangarije kimwe mu gitangazamakuru cya Tanzania ko yatangiye ko roherwa anashimira Polisi hamwe n'umuryango we bamufashije kubona ubuvuzi by'umwihariko amafaranga bamwishyuriye ubwo ya bagwaga mu mavi.

Uwo mupolisi wagize uruhare mu gukubita uwo musore yamaze gutabwa muriyombi ubu iperereza rikaba ryaratangi nkuko byemejwe n'umuyobozi wa Polisi mu ntara ya Mwanza.

Bagabo John

Umusore wakubiswe n'Umupolisi byamuviriyemo kubagwa

Umusore wakubiswe n'Umupolisi byamuviriyemo kubagwa
Yakubiswe n'Umupolisi bimuviramo kubagwa amaguru.

Umusore witwa Mohammed Khatibu utuye mu karere ka Ilemela mu ntara ya Mwanza muri Tanzania, uherutse gukubitwa n'umupolisi agakomereka byamuviriyemo ku bagwa amaguru

Uyu musore usanzwe ari Umucuruzi w'imodoka mu mujyi wa mwanza, aherutse gukubitirwa kuri Sitasiyo ya Polisi ahitwa kiseke n'umuyobozi wa Polisi kuriyo Sitasiyo amuziza ko afitanye urukundo n'umukobwa w'inshuti yuwo mupolisi.

Uwo musore yakubiswe bikomeye kuburyo byabaye ngombwa ko bamubaga amaguru kuko  amagufwa yo mumavi yari yangiritse.

                         Mohammed 

Mohammed yatangarije kimwe mu gitangazamakuru cya Tanzania ko yatangiye ko roherwa anashimira Polisi hamwe n'umuryango we bamufashije kubona ubuvuzi by'umwihariko amafaranga bamwishyuriye ubwo ya bagwaga mu mavi.

Uwo mupolisi wagize uruhare mu gukubita uwo musore yamaze gutabwa muriyombi ubu iperereza rikaba ryaratangi nkuko byemejwe n'umuyobozi wa Polisi mu ntara ya Mwanza.

Bagabo John