•     

Umuzamu yakingiranye abakozi 50 bitewe n'ibirarane bamufitiye

Kenya: Umuzamu yanze gukingurira abakozi ba Leta basaga 50 nyuma yokumara amezi icyenda adahembwa

Umuzamu yakingiranye abakozi 50 bitewe n'ibirarane bamufitiye
Umuzamu yakingiranye abakozi 50 kubera ibirarane

Uyu muzamu Karimu Kanku ufite imyaka 67, yafashe icyemezo kuri uyu wambere cyo kwanga gukingurira abakozi ba Leta basaga 50 bari baje mu kazi mu rwego rwo kugaragaza akababaro ko kuba amaze amezi icyenda adahembwa.

Muri ayo mezi icyenda y'ibirarane ahwanye n'amashilingi ya Kenya ahwanye na Miliyoni 1.8

Karimu ati" Ubu ndi mu bukene bukabije  Kandi nitwa ko ndi umukozi wa Leta, nasabaga ko nahembwa hanyuma nkabasha kubona amafaranga yo kwishyurira abanyeshuri ndetse n'amafaranga yo gutunga umuryango wange"

Kugeza ubu ntarwego narumwe rwa Leta ruratangaza ku kibazo cy'uwo muzamu wanze gukingurira abo bakozi ngo bari baje  mukazi.

Bagabo John

Umuzamu yakingiranye abakozi 50 bitewe n'ibirarane bamufitiye

Umuzamu yakingiranye abakozi 50 bitewe n'ibirarane bamufitiye
Umuzamu yakingiranye abakozi 50 kubera ibirarane

Kenya: Umuzamu yanze gukingurira abakozi ba Leta basaga 50 nyuma yokumara amezi icyenda adahembwa

Uyu muzamu Karimu Kanku ufite imyaka 67, yafashe icyemezo kuri uyu wambere cyo kwanga gukingurira abakozi ba Leta basaga 50 bari baje mu kazi mu rwego rwo kugaragaza akababaro ko kuba amaze amezi icyenda adahembwa.

Muri ayo mezi icyenda y'ibirarane ahwanye n'amashilingi ya Kenya ahwanye na Miliyoni 1.8

Karimu ati" Ubu ndi mu bukene bukabije  Kandi nitwa ko ndi umukozi wa Leta, nasabaga ko nahembwa hanyuma nkabasha kubona amafaranga yo kwishyurira abanyeshuri ndetse n'amafaranga yo gutunga umuryango wange"

Kugeza ubu ntarwego narumwe rwa Leta ruratangaza ku kibazo cy'uwo muzamu wanze gukingurira abo bakozi ngo bari baje  mukazi.

Bagabo John