•     

Umwana yitabye Imana ahita ahinduka ibuye

Tanzania: Umuryango umwe waguye mu kantu nyuma yaho ugize ibyago ugapfusha umwana w'ukwezi ku mwe bajya kureba bagasanga yahindutse ibuye

Umwana yitabye Imana ahita ahinduka ibuye
Umwana witabye Imana yahindutse ibiye

Ibyo byabereye mu  karere ka Musoma mu ntara ya Mara, aho umuryango watunguwe no kubona umwana wabo w'uruhinja w'ukwezi kumwe yitabye Imana hanyuma bajya kureba bagasanga yahindutse ibuye.

Nyina wanyakwigendera yabwiye itangazamakuru ko yavuye ahitwa Bariyadi, agiye gusura Nyurabukwe yagera mu nzira ari mu modoka umwana agahita yitaba Imana amuhetse  mu mugongo.

Nyina wa Nyakwigendera yashenguwe no kubona umwana we yitaba Imana yarangiza agahinduka ibuye.

Ati" nageze mu nzira ndi ho inza hano hanyuma umwana ampfiraho muhetse mu mugongo, nakomeje ndaza ngeze hano mbibwira muramukazi wange ko umwana yamfiriyeho niko ku mwururutse nda mu muha hanyuma nawe amutwara munzu kwa mabukwe. Mabukwe yamwakiriye kubera ko yari mu mwenda w'igitenge yahise akuraho uwo mwenda arebye asanga ntabwo ari umwana ahubwo n'ibuye."

Bahise bahamagara abaturage baza kureba ayo mahano abaye ku mukazana wabo.

Umwe mu bayobozi wako gace kabereyemo ibyo byabyago, yabwiye itangazamakuru ko basabye uwo mubyeyi kuzana ibyangombwa byerekana ko yakuye umwana murugo ari muzima ndetse akazana n'ifishi yo kwa muganga igaragaza amazina y'uwo mwana igihe yavukiye kuko ngo ba vutse ari impanga umwe akaba yari yamusize mu rugo.

Abaturage bari bakubise baje kureba ibyabaye muri urwo rugo kwa nyakwigendera 

Uwo muyobozi yavuze ko bafashe iryo buye bakaritwa ngo hajye kurebwa niba koko ari ibuye cyangwa se ari ikindi kintu hanyuma ibizava muri iryo suzuma bikazatangarizwa abaturage bako gace kugirango bamenye ukuri kwabyo.

Batunguwe no kubona umurambo w'umwana wahindutse Ibuye 

Umwe mu banyamakuru ba Tanzania waganiriye n' ikinyamakuru rubanda, yavuze ko abaturage batunguwe bibaza uko byagenze kubona umurambo uhinduka ibuye.

Tanzania nihamwe mu hantu asanga bizerera mubyo bita (Uchawi) Amarozi cyangwa se ibyo twakwita Inyuka mibi, kuburyo amakuru akunda kuhaturuka aba ameze nkaho adasanzwe.

Bagabo John

Umwana yitabye Imana ahita ahinduka ibuye

Umwana yitabye Imana ahita ahinduka ibuye
Umwana witabye Imana yahindutse ibiye

Tanzania: Umuryango umwe waguye mu kantu nyuma yaho ugize ibyago ugapfusha umwana w'ukwezi ku mwe bajya kureba bagasanga yahindutse ibuye

Ibyo byabereye mu  karere ka Musoma mu ntara ya Mara, aho umuryango watunguwe no kubona umwana wabo w'uruhinja w'ukwezi kumwe yitabye Imana hanyuma bajya kureba bagasanga yahindutse ibuye.

Nyina wanyakwigendera yabwiye itangazamakuru ko yavuye ahitwa Bariyadi, agiye gusura Nyurabukwe yagera mu nzira ari mu modoka umwana agahita yitaba Imana amuhetse  mu mugongo.

Nyina wa Nyakwigendera yashenguwe no kubona umwana we yitaba Imana yarangiza agahinduka ibuye.

Ati" nageze mu nzira ndi ho inza hano hanyuma umwana ampfiraho muhetse mu mugongo, nakomeje ndaza ngeze hano mbibwira muramukazi wange ko umwana yamfiriyeho niko ku mwururutse nda mu muha hanyuma nawe amutwara munzu kwa mabukwe. Mabukwe yamwakiriye kubera ko yari mu mwenda w'igitenge yahise akuraho uwo mwenda arebye asanga ntabwo ari umwana ahubwo n'ibuye."

Bahise bahamagara abaturage baza kureba ayo mahano abaye ku mukazana wabo.

Umwe mu bayobozi wako gace kabereyemo ibyo byabyago, yabwiye itangazamakuru ko basabye uwo mubyeyi kuzana ibyangombwa byerekana ko yakuye umwana murugo ari muzima ndetse akazana n'ifishi yo kwa muganga igaragaza amazina y'uwo mwana igihe yavukiye kuko ngo ba vutse ari impanga umwe akaba yari yamusize mu rugo.

Abaturage bari bakubise baje kureba ibyabaye muri urwo rugo kwa nyakwigendera 

Uwo muyobozi yavuze ko bafashe iryo buye bakaritwa ngo hajye kurebwa niba koko ari ibuye cyangwa se ari ikindi kintu hanyuma ibizava muri iryo suzuma bikazatangarizwa abaturage bako gace kugirango bamenye ukuri kwabyo.

Batunguwe no kubona umurambo w'umwana wahindutse Ibuye 

Umwe mu banyamakuru ba Tanzania waganiriye n' ikinyamakuru rubanda, yavuze ko abaturage batunguwe bibaza uko byagenze kubona umurambo uhinduka ibuye.

Tanzania nihamwe mu hantu asanga bizerera mubyo bita (Uchawi) Amarozi cyangwa se ibyo twakwita Inyuka mibi, kuburyo amakuru akunda kuhaturuka aba ameze nkaho adasanzwe.

Bagabo John