•     

Urukiko rwategetse ko umurambo washyinguwe muri 2020 utabururwa

Urukiko rwo muri Tanzania ahitwa Kivukoni (Kinondoni) muri Dar es Salaam, rwategetse ko umurambo w'umugore witwa Stella Moses utabururwa ugakorerwa isuzuma ngo hamenyekane icyateye urupfu rwe.

Urukiko rwategetse ko umurambo washyinguwe muri 2020 utabururwa
Umurambo washyinguwe muri 2020 igiye gutabururwa

Uyu Mugore Stella Moses yitabye Imana muri 2020 aguye muri kasho ya Police yahitwa Mburahati, kinondoni muri Dar es Salaam.

Icyemezo cyo kugira ngo umurambo wa nyakwigendera Stella Moses utabururwa ugakorerwa isuzuma byaturutse ku busabe bw'umuryango we aho wasabye Urukiko ko umurambo watabururwa hagakorwa isuzuma kugirango hamenyekane icyateye urupfu rwe

Umucyamanza witwaFranco Kiswaga, kuri uyu wa 19 Ukuboza 2022 nibwo yasomye umwanzuro w'urukiko ategeka ko umurambo utabururwa hanyuma hagakorwa isuzuma kugirango hamenyekane icyateye urupfu rwe nyuma abo bizagaragara ko babigizemo uruhare bagatabwa muri yombi bagakurikiranwa n'ubutabera nkuko ikinyamaku Mwananchi cyabitangaje.

Bagabo John

Urukiko rwategetse ko umurambo washyinguwe muri 2020 utabururwa

Urukiko rwategetse ko umurambo washyinguwe muri 2020 utabururwa
Umurambo washyinguwe muri 2020 igiye gutabururwa

Urukiko rwo muri Tanzania ahitwa Kivukoni (Kinondoni) muri Dar es Salaam, rwategetse ko umurambo w'umugore witwa Stella Moses utabururwa ugakorerwa isuzuma ngo hamenyekane icyateye urupfu rwe.

Uyu Mugore Stella Moses yitabye Imana muri 2020 aguye muri kasho ya Police yahitwa Mburahati, kinondoni muri Dar es Salaam.

Icyemezo cyo kugira ngo umurambo wa nyakwigendera Stella Moses utabururwa ugakorerwa isuzuma byaturutse ku busabe bw'umuryango we aho wasabye Urukiko ko umurambo watabururwa hagakorwa isuzuma kugirango hamenyekane icyateye urupfu rwe

Umucyamanza witwaFranco Kiswaga, kuri uyu wa 19 Ukuboza 2022 nibwo yasomye umwanzuro w'urukiko ategeka ko umurambo utabururwa hanyuma hagakorwa isuzuma kugirango hamenyekane icyateye urupfu rwe nyuma abo bizagaragara ko babigizemo uruhare bagatabwa muri yombi bagakurikiranwa n'ubutabera nkuko ikinyamaku Mwananchi cyabitangaje.

Bagabo John