•     

Yakoze isabukuru y'imyaka 10 amaze akuyemo Nyababyeyi

Nigeria: Umukobwa muri Nigeria yashyize hanze amafoto yishimira imyaka 10 amaze akuyemo Nyababyeyi, aho yavuze ko aticuza ku byo yakoze

Yakoze isabukuru y'imyaka 10 amaze akuyemo Nyababyeyi
Yishimiye ko amaze imyaka 10 akuyemo Nyababyeyi

Uyu mukobwa witwa Eve Onyedikachukwu, yavuze ko yishimye nyuma y'imyaka 10 akuyemo Nyababyeyi, aho yavuze ko aticuza kubyo yakoze.

Ati" Uyu munsi ndishimira imyaka 10 ishize nkuyemo Nyababyeyi kuko ntampamvu yo kuzana umwana hano ku isi udafite icyo ku mutungisha, bityo rero ntabwo nicuza kubyo nakoze ahubwo ndabyishimira".

Ubu butumwa ya nyugije ku rukuta rwe rwa Facebook,  yavuze ko ataribyiza ku byara umwana utazabasha ku mubonera ibyo akenera bityo ibyo yakoze kuri we ngo ni Ishema.

Bagabo John

Yakoze isabukuru y'imyaka 10 amaze akuyemo Nyababyeyi

Yakoze isabukuru y'imyaka 10 amaze akuyemo Nyababyeyi
Yishimiye ko amaze imyaka 10 akuyemo Nyababyeyi

Nigeria: Umukobwa muri Nigeria yashyize hanze amafoto yishimira imyaka 10 amaze akuyemo Nyababyeyi, aho yavuze ko aticuza ku byo yakoze

Uyu mukobwa witwa Eve Onyedikachukwu, yavuze ko yishimye nyuma y'imyaka 10 akuyemo Nyababyeyi, aho yavuze ko aticuza kubyo yakoze.

Ati" Uyu munsi ndishimira imyaka 10 ishize nkuyemo Nyababyeyi kuko ntampamvu yo kuzana umwana hano ku isi udafite icyo ku mutungisha, bityo rero ntabwo nicuza kubyo nakoze ahubwo ndabyishimira".

Ubu butumwa ya nyugije ku rukuta rwe rwa Facebook,  yavuze ko ataribyiza ku byara umwana utazabasha ku mubonera ibyo akenera bityo ibyo yakoze kuri we ngo ni Ishema.

Bagabo John