•     

Yakuyemo imyenda kuri Aritari mu kiriziya yamagana intambara ya Ukraine

Iroma: Umugabo utaramenyekana ubwenegihugu bwe, yatunguye abantu ubwo yiyamburaga imyenda ye yose kuri Aritari mu kiriziya mu rwego rwo kwamagana intambara ya Ukraine

Yakuyemo imyenda kuri Aritari mu kiriziya  yamagana intambara ya Ukraine
Yakuyemo imyenda yose kuri Aritari mu kiriziya ya magana intambara ya Ukraine

Uyu mugabo yaciye mu rihumye abashinzwe umutekano mu ri kiriziya ya Mutagatifu Petero Iroma mu Butariyani hanyuma akuramo imyenda yose asigara uko yavutse murwego rwo kwamagana intambara ya Ukraine ihanganyemo n'Uburusiya.

Ikinyamakuru Reuters kivuga ko amakuru cyahawe na Vatikani avuga ko uwo mugabo yari afite ubutumwa bwanditse busaba kurokora abana bo muri Ukraine bugarijwe n'intambara.

Nyuma yaho uwo mugabo akoze amabara imbere ya Aritari muri kiriziya mbere yuko kuri Uyu wakane iyo kiriziya ya Mutagatifu Petero ifungwa.

Uwo mugabo  yahise ashyikirizwa Polisi  yo mu Butariyani kugirango hatangire iperereza ngo harebwe icyateye uriya mugabo kwikuramo imyenda yose mu kiriziya kuri Aritari

Bagabo John.

Yakuyemo imyenda kuri Aritari mu kiriziya yamagana intambara ya Ukraine

Yakuyemo imyenda kuri Aritari mu kiriziya  yamagana intambara ya Ukraine
Yakuyemo imyenda yose kuri Aritari mu kiriziya ya magana intambara ya Ukraine

Iroma: Umugabo utaramenyekana ubwenegihugu bwe, yatunguye abantu ubwo yiyamburaga imyenda ye yose kuri Aritari mu kiriziya mu rwego rwo kwamagana intambara ya Ukraine

Uyu mugabo yaciye mu rihumye abashinzwe umutekano mu ri kiriziya ya Mutagatifu Petero Iroma mu Butariyani hanyuma akuramo imyenda yose asigara uko yavutse murwego rwo kwamagana intambara ya Ukraine ihanganyemo n'Uburusiya.

Ikinyamakuru Reuters kivuga ko amakuru cyahawe na Vatikani avuga ko uwo mugabo yari afite ubutumwa bwanditse busaba kurokora abana bo muri Ukraine bugarijwe n'intambara.

Nyuma yaho uwo mugabo akoze amabara imbere ya Aritari muri kiriziya mbere yuko kuri Uyu wakane iyo kiriziya ya Mutagatifu Petero ifungwa.

Uwo mugabo  yahise ashyikirizwa Polisi  yo mu Butariyani kugirango hatangire iperereza ngo harebwe icyateye uriya mugabo kwikuramo imyenda yose mu kiriziya kuri Aritari

Bagabo John.