•     

DRC: Patrick Muyaya yongeye kwikoma u Rwanda

Umuvugizi wa leta ya Kongo Patrick Muyaya, yongeye kwikoma u Rwanda aho yavuze ko u Rwanda rwavuze yuko gusubika amatora ataricyo gisubozo.

DRC: Patrick Muyaya yongeye kwikoma u Rwanda
Patrick Muyaya yongeye kwikoma u Rwanda

Leta ya DRC yavuze ko abaturage basaga Miriyoni 1.5 bagombaga gutora, bishoboka ko bitazaborohera gutora kubera ko bari mu bice byamaze kwigarurirwa numutwe wa M 23.

Umuvugizi wa leta ya DRC Patrick Muyaya,  yavuze ko leta iriho ishaka gutuza abandi bantu Miliyoni kubera ko abari batuye aho ngaho bahunze imirwano leta ihanganyemo na M23

Muyaya yagize ati" Birashoka ko bitazorohera komisiyo y'amatora kugera mu bice bigenzurwa na M23, ni mugihe u Rwanda rwo ruvuga ko gusubika amatora ataricyo gisubizo".

BBC dukesha iyi nkuru yavuze ko Umuvugizi wa Leta y'u Rwanda Yolande Makolo,  yavuze ko u Rwanda rudakwiye gushyirwa mu majwi yuko rufasha M23, ahubwo  DRC ariyo yakomeje kwirengagiza ibiganiro by'amahoro byagiye bitegurwa mu bihe bitandukanye.

Kugeza ubu M23 ifite bimwe mubice bya Rutshuru na Masisi, kuburyo ngo komisiyo yamatora bitayorohera kugeza ibikoresho by'itora muri ibyo bice biri mu maboko ya M23

Amatora yo muri DRC ateganyijwe uyu mwaka mu kwezi ku Kuboza.

Bagabo John

DRC: Patrick Muyaya yongeye kwikoma u Rwanda

DRC: Patrick Muyaya yongeye kwikoma u Rwanda
Patrick Muyaya yongeye kwikoma u Rwanda

Umuvugizi wa leta ya Kongo Patrick Muyaya, yongeye kwikoma u Rwanda aho yavuze ko u Rwanda rwavuze yuko gusubika amatora ataricyo gisubozo.

Leta ya DRC yavuze ko abaturage basaga Miriyoni 1.5 bagombaga gutora, bishoboka ko bitazaborohera gutora kubera ko bari mu bice byamaze kwigarurirwa numutwe wa M 23.

Umuvugizi wa leta ya DRC Patrick Muyaya,  yavuze ko leta iriho ishaka gutuza abandi bantu Miliyoni kubera ko abari batuye aho ngaho bahunze imirwano leta ihanganyemo na M23

Muyaya yagize ati" Birashoka ko bitazorohera komisiyo y'amatora kugera mu bice bigenzurwa na M23, ni mugihe u Rwanda rwo ruvuga ko gusubika amatora ataricyo gisubizo".

BBC dukesha iyi nkuru yavuze ko Umuvugizi wa Leta y'u Rwanda Yolande Makolo,  yavuze ko u Rwanda rudakwiye gushyirwa mu majwi yuko rufasha M23, ahubwo  DRC ariyo yakomeje kwirengagiza ibiganiro by'amahoro byagiye bitegurwa mu bihe bitandukanye.

Kugeza ubu M23 ifite bimwe mubice bya Rutshuru na Masisi, kuburyo ngo komisiyo yamatora bitayorohera kugeza ibikoresho by'itora muri ibyo bice biri mu maboko ya M23

Amatora yo muri DRC ateganyijwe uyu mwaka mu kwezi ku Kuboza.

Bagabo John