•     

Ubwo Kazungu Denis yasabaga imbabazi mu rukiko ,abantu Bose basutse amarira

Ubushinjacyaha bwasabiye  Kazungu  igihano cy’igifungo cya burundu n’ihazabu ya miliyoni 10 Frw.

Ubwo Kazungu Denis yasabaga imbabazi mu rukiko ,abantu Bose basutse amarira
Kazungu Denis imbere y'urukiko

Kazungu Denis nyuma yo kwemera ibyaha aregwa yasabye imbabazi. Yagize ati “Ndasaba imbabazi, ngasaba ko nagabanyirizwa ibihano, ndasaba imbabazi ntakambira urukiko, ntakambira abo nakoreye ibyaha, umuryango nyarwanda, ngasaba imbabazi no kwihangana ku bo nateje ingaruka mu rugendo rw’ubuzima turimo.”

“Ndasaba imbabazi cyane cyane Perezida wa Repubulika y’u Rwanda kuba yaradutoje kuba Intore nkaba narabaye ikigwari. Yadutoje kwihangana ariko sinigeze mbigaragaza. Ndasaba imbabazi cyane cyane abana natwariye ababyeyi n’ababyeyi natwariye abana babo. Natewe n’ikibi ariko mbasezeranya ko ntazongera gukora ikibi gisa gityo ku butaka bw’u Rwanda. Murakoze.”

Mu gihe Kazungu Denis yasabaga imbabazi ku byaha aregwa, abari mu rukiko kwihangana byanze basuka  amarira.

Urubanza ruracyakomeje.

i'm seasoned journalist known for insightful reporting and dedication to uncovering the truth. With a passion for storytelling and a commitment to journalistic integrity, i have carved a name for myself as a prominent figure in the media landscape and covered a wide range of topics, from health and business to culture and social issues. i thorough research and in-depth interviews since 2016

Ubwo Kazungu Denis yasabaga imbabazi mu rukiko ,abantu Bose basutse amarira

Ubwo Kazungu Denis yasabaga imbabazi mu rukiko ,abantu Bose basutse amarira
Kazungu Denis imbere y'urukiko

Ubushinjacyaha bwasabiye  Kazungu  igihano cy’igifungo cya burundu n’ihazabu ya miliyoni 10 Frw.

Kazungu Denis nyuma yo kwemera ibyaha aregwa yasabye imbabazi. Yagize ati “Ndasaba imbabazi, ngasaba ko nagabanyirizwa ibihano, ndasaba imbabazi ntakambira urukiko, ntakambira abo nakoreye ibyaha, umuryango nyarwanda, ngasaba imbabazi no kwihangana ku bo nateje ingaruka mu rugendo rw’ubuzima turimo.”

“Ndasaba imbabazi cyane cyane Perezida wa Repubulika y’u Rwanda kuba yaradutoje kuba Intore nkaba narabaye ikigwari. Yadutoje kwihangana ariko sinigeze mbigaragaza. Ndasaba imbabazi cyane cyane abana natwariye ababyeyi n’ababyeyi natwariye abana babo. Natewe n’ikibi ariko mbasezeranya ko ntazongera gukora ikibi gisa gityo ku butaka bw’u Rwanda. Murakoze.”

Mu gihe Kazungu Denis yasabaga imbabazi ku byaha aregwa, abari mu rukiko kwihangana byanze basuka  amarira.

Urubanza ruracyakomeje.

i'm seasoned journalist known for insightful reporting and dedication to uncovering the truth. With a passion for storytelling and a commitment to journalistic integrity, i have carved a name for myself as a prominent figure in the media landscape and covered a wide range of topics, from health and business to culture and social issues. i thorough research and in-depth interviews since 2016