•     

Kigali boss babes bateguye igitaramo cya black elegance party amatike ashira rugikubita

Mu kiganiro n'itangazamakuru Kigali boss babes batangaje byinshi Ku gitaramo Cy'amateka bateguye ikigali cyiswe black elegance part

Kigali boss babes bateguye igitaramo cya black elegance party amatike ashira rugikubita

Ni mu birori byo kumurikiramo integuza ya filime igaruka ku buzima bwabo bwa buri munsi.

Ibi ibirori byitezwe ko bizabera ahitwa ‘Century park’ Hotel iherereye i Nyarutarama ku wa 29 Ukuboza 2023.

Itike y’amafaranga make ku bashaka kuzitabira ibi birori iri kugura ibihumbi 30Frw, mu gihe abazayigurira ku muryango bo bazishyura ibihumbi 50Frw.

Uretse iyi tike ya make, indi yashyizwe ku isoko ni iy’ameza y’abantu umunani igura miliyoni 1Frw, mu gihe hari indi igura miliyoni 3Frw, n’iya miliyoni 5Frw.

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 28 Ukuboza 2023, Alliah Cool umwe mu bagize Kigali Boss Babes yavuze ko itike za miliyoni eshanu zashize ku isoko.

Aba bagore bavuga ko itsinda ryabo rimaze kugera ku rwego rushimishije haba mu Rwanda no hanze.

Basaba urubyiruko gukunda ubuzima buhenze no kubukorera ariko bakazirikana kwirinda indwara.

i'm seasoned journalist known for insightful reporting and dedication to uncovering the truth. With a passion for storytelling and a commitment to journalistic integrity, i have carved a name for myself as a prominent figure in the media landscape and covered a wide range of topics, from health and business to culture and social issues. i thorough research and in-depth interviews since 2016

Kigali boss babes bateguye igitaramo cya black elegance party amatike ashira rugikubita

Kigali boss babes bateguye igitaramo cya black elegance party amatike ashira rugikubita

Mu kiganiro n'itangazamakuru Kigali boss babes batangaje byinshi Ku gitaramo Cy'amateka bateguye ikigali cyiswe black elegance part

Ni mu birori byo kumurikiramo integuza ya filime igaruka ku buzima bwabo bwa buri munsi.

Ibi ibirori byitezwe ko bizabera ahitwa ‘Century park’ Hotel iherereye i Nyarutarama ku wa 29 Ukuboza 2023.

Itike y’amafaranga make ku bashaka kuzitabira ibi birori iri kugura ibihumbi 30Frw, mu gihe abazayigurira ku muryango bo bazishyura ibihumbi 50Frw.

Uretse iyi tike ya make, indi yashyizwe ku isoko ni iy’ameza y’abantu umunani igura miliyoni 1Frw, mu gihe hari indi igura miliyoni 3Frw, n’iya miliyoni 5Frw.

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa 28 Ukuboza 2023, Alliah Cool umwe mu bagize Kigali Boss Babes yavuze ko itike za miliyoni eshanu zashize ku isoko.

Aba bagore bavuga ko itsinda ryabo rimaze kugera ku rwego rushimishije haba mu Rwanda no hanze.

Basaba urubyiruko gukunda ubuzima buhenze no kubukorera ariko bakazirikana kwirinda indwara.

i'm seasoned journalist known for insightful reporting and dedication to uncovering the truth. With a passion for storytelling and a commitment to journalistic integrity, i have carved a name for myself as a prominent figure in the media landscape and covered a wide range of topics, from health and business to culture and social issues. i thorough research and in-depth interviews since 2016