Mu mujyi wa Kigali mu karere ka Kicukiro, mu murenge wa Masaka mu Kagarama hari ikibanza kiza kandi cyujuje ibisabwa byose.
Iki kibanza kiri neza mu birometero 2.5 mu inganda ahazwi nka Masoro.
Abifuza iki kibanza baduhamagara kuri izi nomero mubona hejuru
Ushobora kuba ukeneye iki kibanza ariko utari mu Rwanda nabwo watwandikira kuri E-mail ubona aho ngaho nabwo tukagufasha kandi mu buryo bworoshye.