•     

Kenya: Umunyamakuru yahishuye ko yaryamanye n'abagabo 50 ariko ntanumwe azi

Umunyamakuru witwa Prudence Chepkirui Tonui, uzwi ku mazina ya  King Kalala, yatunguye abantu ubwo yavugaga ko yaryamanye n'abagabo 50 ariko akaba ntanumwe yibuka izina rye.

Kenya: Umunyamakuru yahishuye ko yaryamanye  n'abagabo 50 ariko ntanumwe azi
Uyu Munyamakuru yaryamanye n'abagabo 50 ariko ntanumwe azi izina rye.

Uyu munyamakuru utuye mu ntara ya Eldoret, yavuze ko mubyukuri atazi neza amazina yabagobo 50 yaryamanye nabo, Ati" mubyukuri ntabwo nakwibuka amazina yabo, gusa iyo duhuye ndamwenyura nkibuka ko uyu twigeze kugirana ibihe byiza".

Ubwo yari mu kiganiro kitwa Obina Show Live” King kuri Radio, Uyu munyamakuru yavuze ko adashobora kugirana ubushuti n'umugabo ushaka ko babana kuko ngo byamubuza kuzagira izindi nshuti z'abagabo.

Chepkirui, yavuze ko umuntu bakundanye igihe kinini ari uwo bamaranye imyaka ine gusa.

Bagabo John

Kenya: Umunyamakuru yahishuye ko yaryamanye n'abagabo 50 ariko ntanumwe azi

Kenya: Umunyamakuru yahishuye ko yaryamanye  n'abagabo 50 ariko ntanumwe azi
Uyu Munyamakuru yaryamanye n'abagabo 50 ariko ntanumwe azi izina rye.

Umunyamakuru witwa Prudence Chepkirui Tonui, uzwi ku mazina ya  King Kalala, yatunguye abantu ubwo yavugaga ko yaryamanye n'abagabo 50 ariko akaba ntanumwe yibuka izina rye.

Uyu munyamakuru utuye mu ntara ya Eldoret, yavuze ko mubyukuri atazi neza amazina yabagobo 50 yaryamanye nabo, Ati" mubyukuri ntabwo nakwibuka amazina yabo, gusa iyo duhuye ndamwenyura nkibuka ko uyu twigeze kugirana ibihe byiza".

Ubwo yari mu kiganiro kitwa Obina Show Live” King kuri Radio, Uyu munyamakuru yavuze ko adashobora kugirana ubushuti n'umugabo ushaka ko babana kuko ngo byamubuza kuzagira izindi nshuti z'abagabo.

Chepkirui, yavuze ko umuntu bakundanye igihe kinini ari uwo bamaranye imyaka ine gusa.

Bagabo John