•     

Motari yakatiwe gufungwa imyaka 30 azira gufata kungufu umugenzi yari atwaye

Urukiko rwa Kigoma muri Tanzania, rwahamije icyaha cyo gufata ku ngufu Umumotari witwa Ruben Gerishon w'imyaka 24 gufungwa imyaka 30 muri Gereza nyuma yogufata ku ngufu umukobwa yari atwaye kuri Moto.

Motari yakatiwe gufungwa imyaka 30 azira gufata kungufu umugenzi yari atwaye
Motari yakatiwe gufungwa imyaka 30 azira gufata kungufu umugenzi yari atwaye

Urukiko rwavuze ko  ibyavuye mu iperereza byerekanye ko uwo mumotari Ruben Gerishon, mu kwezi kwa Nzeri muri 2023 yafashe ku ngufu umukobwa wari wa muhaye ikiraka cyo kumutwara mu gace kitwa Kidahwe, nyuma kubura imodoka imutwara agahitamo gutega uwo mu motari.

Urukiko rwavuze ko uwo Motari yatwaye uwo mukobwa bagera munzira agahita aparika Moto maze ahita amufata ku ngufu ahita amusambanya. 

Nyuma yo kubona ibyo bimenyetso byose,  nibyo urukiko rwahereyeho rumuhanisha igifungo kingana n'imyaka 30 muri Gereza ndetse urukiko rutegeka ko na Moto yajya mu maboko ya leta.

Bagabo John

Motari yakatiwe gufungwa imyaka 30 azira gufata kungufu umugenzi yari atwaye

Motari yakatiwe gufungwa imyaka 30 azira gufata kungufu umugenzi yari atwaye
Motari yakatiwe gufungwa imyaka 30 azira gufata kungufu umugenzi yari atwaye

Urukiko rwa Kigoma muri Tanzania, rwahamije icyaha cyo gufata ku ngufu Umumotari witwa Ruben Gerishon w'imyaka 24 gufungwa imyaka 30 muri Gereza nyuma yogufata ku ngufu umukobwa yari atwaye kuri Moto.

Urukiko rwavuze ko  ibyavuye mu iperereza byerekanye ko uwo mumotari Ruben Gerishon, mu kwezi kwa Nzeri muri 2023 yafashe ku ngufu umukobwa wari wa muhaye ikiraka cyo kumutwara mu gace kitwa Kidahwe, nyuma kubura imodoka imutwara agahitamo gutega uwo mu motari.

Urukiko rwavuze ko uwo Motari yatwaye uwo mukobwa bagera munzira agahita aparika Moto maze ahita amufata ku ngufu ahita amusambanya. 

Nyuma yo kubona ibyo bimenyetso byose,  nibyo urukiko rwahereyeho rumuhanisha igifungo kingana n'imyaka 30 muri Gereza ndetse urukiko rutegeka ko na Moto yajya mu maboko ya leta.

Bagabo John