•     

" Ntaburyo budasanzwe buhari bwo gukorera Perime, ACP Rutikanga "

Umuvugizi wa Police y'uRwanda ACP Rutikanga Boniface yatangaje ko ntaburyo buhari bwihariye bwo gukorera Perime kuko buri wese aca mu irembo akiyandikisha agahabwa igihe cyagera akajya gukora ikizamini kimwe n'abandi bose bujuje ibisabwa, hari mu kiganiro yagiranye n'ikinyamakuru Rubanda.

" Ntaburyo budasanzwe buhari bwo gukorera Perime, ACP Rutikanga "
Polisi ratangaza ko Ntamwihariko uhari mu gukorera Impushya zo gutwara ibinyabiziga

Ni mu gihe mu banyamahanga nshingwabikorwa b'utugari hari hamaze iminsi bahawe moto ariko badafite impushya zo gutwara ibinyabiziga, ariko bagasaba ko bashyirirwaho uburyo bwihariye kuba babona uruhushya rw'agateganyo ngo bakorere urwaburundu bage bakoresha moto zabo ntankomyi.

umuvugizi wa police ACP Rutikanga mukiganiro kihariye yagiranye na Rubanda.rw yavuzeko ntaburyo bwihariye mu gukorera uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga. 
Ati" abantu Bose Bose bakorera uhushya rwogutwara ibinyabiziga muburyo bumwe, Aho ubisaba anyura mu irembo agahabwa gahunda yo gukora". 

Bagitifu b'Utugari bo mu karere ka Kamonyi bahawe Moto zibafasha mu kazi babo

ACP Rutikanga yashimangiye ko aba banyamabanga nshingwabikorwa b'utugari basabwa kuzakorera uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga nk'abandi Bose ntamwihariko bazabobona uhari, basabwa kwiyandikisha bakiga bagakora kimwe n'abandi banyarwanda Bose.

Ibyo kuba Ari abakozi baleta Kandi bafite izindi nshingano yavuze ko inshingano zidakuraho ko bagomba gukora nacyane ko iyo umuntu Ari umukozi w'igihugu abasobanukiwe amategeko kurusha undi muntu wese. rero muri iki gihugu abakorera Leta nibenshi sinumva ko Bose bazajya bashyirirwaho uburyo budasanzwe bwo gukorera perime.

Bahawe moto ngo barusheho kuzuza neza inshingano zabo, nabo nibashyireho akabo ko kwiga no gukira ikizamini kibahesha  uruhushya rwo kuzitwara

Ati "habaye hari utekereza ko, kuko leta yamuhaye moto igomba no kumworogereza kubona perimi yo kuyitwara, ntiyagakwiye kuba n'umuyobozi"

Aba banyamabanga nshingwa bikorwa bafite iki kibazo ni abo mu tugari two mukarere ka kamonyi intara y'amagepfo.

Bagabo John 

" Ntaburyo budasanzwe buhari bwo gukorera Perime, ACP Rutikanga "

" Ntaburyo budasanzwe buhari bwo gukorera Perime, ACP Rutikanga "
Polisi ratangaza ko Ntamwihariko uhari mu gukorera Impushya zo gutwara ibinyabiziga

Umuvugizi wa Police y'uRwanda ACP Rutikanga Boniface yatangaje ko ntaburyo buhari bwihariye bwo gukorera Perime kuko buri wese aca mu irembo akiyandikisha agahabwa igihe cyagera akajya gukora ikizamini kimwe n'abandi bose bujuje ibisabwa, hari mu kiganiro yagiranye n'ikinyamakuru Rubanda.

Ni mu gihe mu banyamahanga nshingwabikorwa b'utugari hari hamaze iminsi bahawe moto ariko badafite impushya zo gutwara ibinyabiziga, ariko bagasaba ko bashyirirwaho uburyo bwihariye kuba babona uruhushya rw'agateganyo ngo bakorere urwaburundu bage bakoresha moto zabo ntankomyi.

umuvugizi wa police ACP Rutikanga mukiganiro kihariye yagiranye na Rubanda.rw yavuzeko ntaburyo bwihariye mu gukorera uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga. 
Ati" abantu Bose Bose bakorera uhushya rwogutwara ibinyabiziga muburyo bumwe, Aho ubisaba anyura mu irembo agahabwa gahunda yo gukora". 

Bagitifu b'Utugari bo mu karere ka Kamonyi bahawe Moto zibafasha mu kazi babo

ACP Rutikanga yashimangiye ko aba banyamabanga nshingwabikorwa b'utugari basabwa kuzakorera uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga nk'abandi Bose ntamwihariko bazabobona uhari, basabwa kwiyandikisha bakiga bagakora kimwe n'abandi banyarwanda Bose.

Ibyo kuba Ari abakozi baleta Kandi bafite izindi nshingano yavuze ko inshingano zidakuraho ko bagomba gukora nacyane ko iyo umuntu Ari umukozi w'igihugu abasobanukiwe amategeko kurusha undi muntu wese. rero muri iki gihugu abakorera Leta nibenshi sinumva ko Bose bazajya bashyirirwaho uburyo budasanzwe bwo gukorera perime.

Bahawe moto ngo barusheho kuzuza neza inshingano zabo, nabo nibashyireho akabo ko kwiga no gukira ikizamini kibahesha  uruhushya rwo kuzitwara

Ati "habaye hari utekereza ko, kuko leta yamuhaye moto igomba no kumworogereza kubona perimi yo kuyitwara, ntiyagakwiye kuba n'umuyobozi"

Aba banyamabanga nshingwa bikorwa bafite iki kibazo ni abo mu tugari two mukarere ka kamonyi intara y'amagepfo.

Bagabo John